Ibihugu byombi( u Rwanda na Zimbabwe) byaraye bisinye amasezerano yo kongera imbaraga mu buhahirane hagamijwe inyungu z’ibihugu byombi. Azibanda ku iterambere mu Ikoranabuhanga mu bucuruzi, ikoranabuhanga...
Hari inama iherutse guterana yatumijwe na Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta yiyunze y’Abarabu Bwana Emmanuel Hategeka yamagana bamwe mu Banyarwanda bakorera muri kiriya gihugu basiga u...
Abacuruzi bo muri Tanzania bahaye Perezida wabo Nyakubahwa Samia Suluhu Hassan urutonde rw’ibyo bifuza ko yaza kuganira na mugenzi we uyobora u Rwanda, Nyakubahwa Paul Kagame....
Muri iki gihe hari ababona umubano w’u Bushinwa n’Afurika bakibwira ko utangiye vuha aha, aho u Bushinwa batangiriye kurya isataburenge Amerika mu by’ubukungu. Si byo kuko...
U Bushinwa na Australia bimaze igihe birebana ay’ingwe. Ni ibihugu biri mu bifite ubukungu buhagaze neza ariko muri iki gihe ubw’Australia bumerewe nabi kubera ikomanyirizwa yafatiwe...