Kubera ko ubutabera ari ubwa bose kandi mu buryo budaheza, abakozi b’Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, bari kwigishwa ururimi rw’amarenga mu rwego rwo kumva no gufasha abafite ubumuga...
Iki ni icyifuzo cyatanzwe n’abunganira Ishimwe Dieudonné wamenyekanye nka Prince Kid umaze igihe mu nkiko aregwa gusambanya abakobwa bitabiraga irushanwa rya Miss Rwanda yateguraga. Mu iburanisha...