Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente avuga ko u Rwanda rwasanze ari ngombwa ko rutunganya imbuto rukenera kugira ngo rwirinde guhora rugura izo hanze yarwo kuko zaruhendaga....
Ubwo yagezaga ijambo ku Badepite Imitwe yombi, Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yavuze ko mu mwaka wa 2020 ubuhinzi bw’u Rwanda bwatanze umusaruro wazamutseho 6% mu...
Mu Karere ka Nyagatare mu Mirenge ya Mukama na Karama hari abahinzi babwiye Taarifa ko kubona ubwanikiro bunini kandi bwubatswe neza byatumye ibigori byabo bitibasirwa n’uruhumbu...
Mu gihe 70% by’Abanyarwanda bakora ubuhinzi, kandi bukagira uruhare rungana na 31% mu musaruro mbumbe w’igihugu, Leta ivuga ko urubyiruko rusa n’urwahariye ubuhinzi abantu bakuru. Kuba...
Mu kiganiro yahaye abanyamakuru kuri uyu wa Gatatu taliki 16, Werurwe, 2022 cyagarukaga ku ngamba Leta y’u Rwanda yafashe mu kuzahura ubukungu, Minisitiri w’intebe yavuze ko...