Gatsinzi Rafiki ni umusore ukiri muto wize iby’ubuhinzi muri Kaminuza. Afatanyije na bagenzi be batatu, atunganya ibikomoka ku buhinzi, akabyongerera agaciro. Muri byo harimo n’inyanya akoramo...
Bimwe mu biribwa byatangiye kugabanuka mu biciro harimo ibishyimbo byitwa Shyushya, byavuye ku Frw 1500 ku kilo bigera kuri 720Frw, ibishyimbo byitwa Mutiki biva ku Frw...
Abaturage bimuwe ahantu hazashyirwa ibikorwa byo guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi bugezweho bubakiwe imidugudu itatu igezweho harimo umwe bise ‘ Shimwa Paul’ wubatswe inzu 72. Ni mu...
Umunyarwandakazi uyobora Ikigo Nyafurika gishinzwe iterambere ry’ubuhinzi, AGRA, Dr. Agnes Kalibata avuga ko intambwe Afurika igezeho mu kongerera agaciro ibikomoka ku buhinzi ishimishije. Yabivugiye i Nairobi...
Ni ibyagarutsweho n’abagize Inteko zishinga amategeko z’ibihugu by’Afurika y’i Burasirazuba bateraniye i Kigali mu nama izamara iminsi itatu. Basabye za Guverinoma kongerera ubuhinzi ingengo y’imari kugira...