I Vatican hari impungenge z’uko ubuzima bwa Papa Benedigito XVI bushobora kumucika bitewe n’uburwayi bukomeye nk’uko Papa Francis yabitangaje. Joseph Ratzinger ( niwe Papa Benedigito XVI)...
Hari indirimbo iri mu zimaze igihe ivuga ko u Rwanda rw’ejo ruteganya kuzamenya gusoma. Icyakora hari ibindi rusoma bikarukoraho. Ibyo ni inzoga n’ibiyobyabwenge kandi byatumye umubare...
Ikigo Prime Insurance cyatangije Ubwishingizi bw’Ubuvuzi bufite umwihariko w’uko bushobora no guhabwa umuntu ku giti cye, kandi ababufashe bakemererwa kwivuza no mu mahanga. Ku wa 1...
Mathias Rutikanga ni umugabo abenshi mu bakoresha umuhanda Kayonza-Gatsibo bakunze kubona ari kwigisha abantu amwe mu mahame agenga ubukungu, ariko akanababwira n’Ibyanditswe Byera. Yabwiye Taarifa ko...
Impanuka ya mbere umuntu ahura nayo kandi bikarangira imuhitanye ni ukuvuka. Ibi ni rusange ku bantu bose ariko ku bana bavuka bagasanga hari umwe mu babyeyi...