Leta y’u Rwanda yongereye impamvu zishobora guhesha umunyamahanga ubwenegihugu nyarwanda, ariko ikaza uburyo bwo kubutanga nk’uko bigaragara mu itegeko rishya ryasohotse. Nk’uko bisanzwe, biremewe kugira ubwenegihugu...
Mu itegeko nshinga rya Repubulika ya Demukarasi ya Kongo hari ingingo [ ni iya 10] ibuza abatuye kiriya gihugu kugira ubwenegihugu ‘bubiri.’ Kugira ubwenegihugu bubiri bwa...