Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byazamutseho 5% mu ijoro ryakeye, nyuma gato y’uko byari bimaze kwemezwa ko u Burusiya bwatangije intambara yeruye kuri Ukraine. Ni intambara ishobora...
Zelenskyy uyobora Ukraine yabwiye u Burusiya ko igihe kigeze ngo bubone ko Ukraine atari agafu k’imvugwarimwe, ko ari igihugu kigenga kandi gishobora kwihagararaho. Yabwiye Vladmir Putin...
Umushumba wa Kiliziya Gatulika ku isi, Papa Francis yavuze ko afite intimba ndende ku mutima kubera ibiri kubera k’ubutaka bwa Ukraine ndetse no mu baturanyi bayo....
Umukuru w’u Burusiya Vladmin Putin yategetse abasirikare be kwinjira mu Ntara za Ukraine zisanzwe zaka ubwigenge ari zo Donetsk na Lugansk. Byabaye ikimenyetso ntakuka ko atangije...
Leta zunze ubumwe z’Amerika zabwiye Umuryango w’Abibumbye ko zifite amakuru mpamo y’uko u Burusiya bwateguye intambara ndetse n’urutonde rw’abantu buzafunga bukabakorera iyicarubozo niburangiza kwigarurira Ukraine. Hari...