Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Pudence Rubingisa avuga ko mu gihe cya CHOGM nta bikorwa by’ubucuuruzi bizafunga ahubwo ngo abaturage bakomeze gukora ariko banoze kandi batange serivisi...
Mu Karere ka Nyarugenge ahitwa mu Biryogo ku muhanda KN113 St Umujyi wa Kigali wahashyize umuhanda mugari kandi ukozwe neza uriho ibishushanyo ugenewe abana. Ni ahantu...
Pudence Rubingisa uyobora Umujyi wa Kigali yanditse kuri Twitter ko umuganda rusange ari igikorwa Abanyarwanda batekereje kandi bagishyira mu bikorwa hagamijwe gushakira ibisubizo ibibazo bibareba. Yanditse...
Nyuma yo kugirana ibiganiro na mugenzi we uyobora u Rwanda, Perezida Kagame wa Zambia Hakainde Hichilema yamutembereje mu busitani bw’Ibiro bye. Ni ubusitani bugari burimo ibiti...
Madamu Martine Urujeni niwe utorewe kuba Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali wungirije ushinzwe ubukungu n’imibereho myiza y’abaturage. Asimbuye kuri uyu mwanya Madamu Nadine Gatsinzi. Urujeni Martine yabanye...