Ibibazo by’ubukungu bwifashe nabi ku isi byageze kuri bose ndetse no ku baherwe 25 barusha abandi bose ku isi gutunga agatubutse. Forbes ivuga ko umutungo wa...
Polisi ya Uganda iri mu iperereza ku musirikare w’iki gihugu uvugwaho gukorana n’umucuruzi ukomeye bakihesha umutungo usanzwe wanditswe ku mugore wapfuye. Ubivugwaho ni Lieutenant witwa Bob...
Barabivuga ababyumvise bakagira ngo ni amashyengo y’abahanga mu by’ubuzima baba bashaka gukora raparo ngo birire amadolari. N’ubwo hari abantu bavuga ko iby’uko ibinyabuzima biri gushira ku...
Uwahoze ari Umugenzuzi mukuru w’Imari ya Leta Bwana Obadiah Biraro yavugiye kenshi mu ruhame ko hari inzego yagiriye inama ngo zikore ibyo urwego ayobora rwazisabaga mu...
Urwego rw’u Rwanda rushinzwe iterambere, RDB, rwasuye abiga mu ishuri ryisumbuye rya Nyabihu ryigisha ikoranabuhanga, Rwanda Coding Academy, rubasobanurira akamaro ko kurinda umutungo mu by’ubwenge no...