Ikigo cy’igihugu gishinzwe kugenzura ubuziranenge bw’imiti n’ibiribwa, Rwanda FDA, cyahagaritse imiti cyemeza ko itakwizwera yari imaze igihe runaka ikoreshwa ku isoko ry’u Rwanda. Ni imiti y’ibinini...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Gakenke buvuga ko ubukangurambaga bwakoze mu myaka ishize byatumye abaturage bumva ko kubyara ukuzuza isi bitagifite agaciro bitewe n’ibihe abantu barimo. Umuyobozi w’Akarere...