Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Tanzania: Tundu Lissu Ukomeye Mu Batavuga Rumwe Na Leta Arashinjwa Kugambanira Igihugu 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Tanzania: Tundu Lissu Ukomeye Mu Batavuga Rumwe Na Leta Arashinjwa Kugambanira Igihugu 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 April 2025 6:11 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Urukiko muri Tanzania rwanzuye ko Umunyapolitiki utavuga rumwe na Leta witwa Tundu Lissu ahamwa n’icyaha cyo kugambanira igihugu, icyaha gihanishwa urupfu.

Ibi bivuzwe mu gihe mu gihugu cye hateganyijwe amatora y’Umukuru w’igihugu azaba mu Ukwakira uyu mwaka.

Mu mwaka wa 2017 Tundu Lissu yigeze kurokoka amasasu y’abashakaga kumuhitana, icyo gihe akaba yariyamamazaga nabwo agatanyije n’abo mu Ishyaka rye rya CHADEMA, rimaze igihe rihanganiye ubutegetsi na CCM riyobora Tanzania kuva yabona ubwigenge Tariki 09, Ukuboza, 1961.

Icyo gihe kandi yasabaga ko imikorere ya Komisiyo y’amatora n’uburyo abantu bayijyamo byose byahinduka.

Kuri iyi nshuro, Tundu Lissu arashinjwa ko hari itsinda yashinze rigamije guhungabanya umutekano w’igihugu rikubiye mucyo yise “No Reform, No Election”.

The Bloomberg yanditse ko Lissu yasabiwe kandi byemezwa ko aguma muri gereza.

Perezida Samia Suluhu Hassan yari yaratanze umuburo w’uko Leta itazihanganira abazashaka guhungabanya imitegurire n’imigendekere myiza y’amatora yaba ay’Abadepite cyangwa ay’Umukuru w’igihugu.

Lissu afungiye i Dar es Salaam.

Perezida Samia Suluhu Hassan yagiye k’ubutegetsi mu mwaka wa 2021 asimbuye John Pombe Magufuli wari wapfuye amarabira.

TAGGED:featuredIgihanoIshyakaKwigaragambyaLissuSamiaSuluhuTanzaniaTundu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Harigwa Uko Imibu Yajya Irogwa Hakoreshejwe Amaraso Y’Umuntu
Next Article Urwego Rw’Umuvunyi Rurwanya Akarengane Ngo Jenoside Ntizongere- Umuvunyi Mukuru
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Wa Centrafrique Ari Mu Rwanda

Vietnam: Imyuzure Yishe Abantu 90 Abandi 12 Baburirwa Irengero

Umuyobozi Wa Imbuto Foundation Hari Icyo Asaba Abato

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

RDB Yakoresheje Imibare Inyomoza Abanditse Ko Abanyamerika Bashora Mu Rwanda Bagabanutse

Abo YouTube Ihemba Bize Uko Ubwenge Buhangano Bwarushaho Kubungura

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Ese Uburundi Burashaka Gufasha DRC No Muri Dipolomasi?

Ndayishimiye Aherutse Kujya Kwishyuza Tshisekedi

You Might Also Like

Mu mahanga

Igitutu Cya Trump Kuri Ukraine Ngo Ikunde Ibone Amahoro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Qatar Yasinyanye Na DRC Amasezerano Atandatu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'Abaturage

Umutekano W’Abana Urenze Indyo Yuzuye-Umuyobozi wa UNICEF Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'Abaturage

Nyamagabe: Ikibazo Cy’Ingo Zidafite Ubwiherero Buboneye Kirakomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?