Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Tanzania: Tundu Lissu Ukomeye Mu Batavuga Rumwe Na Leta Arashinjwa Kugambanira Igihugu 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Tanzania: Tundu Lissu Ukomeye Mu Batavuga Rumwe Na Leta Arashinjwa Kugambanira Igihugu 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 April 2025 6:11 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Urukiko muri Tanzania rwanzuye ko Umunyapolitiki utavuga rumwe na Leta witwa Tundu Lissu ahamwa n’icyaha cyo kugambanira igihugu, icyaha gihanishwa urupfu.

Ibi bivuzwe mu gihe mu gihugu cye hateganyijwe amatora y’Umukuru w’igihugu azaba mu Ukwakira uyu mwaka.

Mu mwaka wa 2017 Tundu Lissu yigeze kurokoka amasasu y’abashakaga kumuhitana, icyo gihe akaba yariyamamazaga nabwo agatanyije n’abo mu Ishyaka rye rya CHADEMA, rimaze igihe rihanganiye ubutegetsi na CCM riyobora Tanzania kuva yabona ubwigenge Tariki 09, Ukuboza, 1961.

Icyo gihe kandi yasabaga ko imikorere ya Komisiyo y’amatora n’uburyo abantu bayijyamo byose byahinduka.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Kuri iyi nshuro, Tundu Lissu arashinjwa ko hari itsinda yashinze rigamije guhungabanya umutekano w’igihugu rikubiye mucyo yise “No Reform, No Election”.

The Bloomberg yanditse ko Lissu yasabiwe kandi byemezwa ko aguma muri gereza.

Perezida Samia Suluhu Hassan yari yaratanze umuburo w’uko Leta itazihanganira abazashaka guhungabanya imitegurire n’imigendekere myiza y’amatora yaba ay’Abadepite cyangwa ay’Umukuru w’igihugu.

Lissu afungiye i Dar es Salaam.

Perezida Samia Suluhu Hassan yagiye k’ubutegetsi mu mwaka wa 2021 asimbuye John Pombe Magufuli wari wapfuye amarabira.

- Advertisement -
TAGGED:featuredIgihanoIshyakaKwigaragambyaLissuSamiaSuluhuTanzaniaTundu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Harigwa Uko Imibu Yajya Irogwa Hakoreshejwe Amaraso Y’Umuntu
Next Article Urwego Rw’Umuvunyi Rurwanya Akarengane Ngo Jenoside Ntizongere- Umuvunyi Mukuru
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?