Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Twitter Yabaye Umutungo Bwite W’Umukire Wa Mbere Ku Isi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ikoranabuhanga

Twitter Yabaye Umutungo Bwite W’Umukire Wa Mbere Ku Isi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 April 2022 10:42 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Elon Musk yaraye aguze urubuga nkoranyambaga rwitwa Twitter. Yaruguze Miliyari 44 $.

Hari hashize ukwezi hari rwaserera hagati y’abanyamigabane muri Twitter basaba umukire wa mbere ku isi Elon Musk kujya mu Nama y’ubutegetsi bwayo kubera ko ariwe wari ufitemo imigabane myinshi ariko akabyanga. Yaraye aciye impaka, ahitamo kuyigura yose, bose bafata ayabo bavano akabo karenge!

Ubu uru rubuga ruri mu zizerwa n’abayobozi ndetse n’abandi bakire ku isi rwaguzwe n’umukire wa mbere ku isi witwa Elon Musk.

Bisa nk’aho nta kintu kidashoboka mu maso ya Elon Musk. Icyo yiyemeje cyose ashirwa akigeze ho, uhereye k’ugukora imodoka zikoresha amashanyarazi kandi zitwara, ugakomereza ku gukorwa ibyogajuru bijyana abantu mu bucyerarugendo bwo mu isanzure, ukageza k’ukugura Twitter…byose birashoboka.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Yatanze miliyari 44$  agura Twitter.

Abakozi ba Twitter mu kazi

Ubu haribazwa icyo agiye kuyikoresha kuko yari isanzwe ari ikigo cy’abanyamigabane, none yahindutse umutungo bwite w’umuntu umwe.

Twitter yashinzwe mu mwaka wa 2006. Hari taliki 21, Werurwe, ishingirwa  San Francisco muri Leta ya Calfornia, USA.

Yahinzwe n’abasore bane ari bo Jack Dorsey, Noah Glass, Biz Stone na Evan Williams.

Kuba Twitter yabaye umutungo wa Elun Musk ariko hari abavuga ko bigiye kuzana impinduka ikomeye mu mikorere ya Twitter ndetse ngo uyu mugabo arashaka ko abazakoresha uru rubuga bazabona ko we yihariye.

- Advertisement -
TAGGED:ElonfeaturedMuskTwitter
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Kagame Yakiriye Ba Ambasaderi Bashya Barimo N’Uwa Jamaica
Next Article Kayonza: Umuyisilamu Wiciye Ingurube Ku Musigiti Yakatiwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Misa Ya Mbere Ya Papa Leo XIV Yasomewe Ku Mva Ya Papa Francis

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?