Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Buyapani Bwahaye u Rwanda Inguzanyo Ya Miliyari Frw 118
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

U Buyapani Bwahaye u Rwanda Inguzanyo Ya Miliyari Frw 118

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 March 2024 1:08 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu rwego rwo gufasha u Rwanda kuzamura urwego rw’uburezi mu mashuri abanza n’ayisumbuye, Guverinoma y’Ubuyapani yarugurije miliyari Frw 118.

Ni amafaranga azatuma rushyira ikoranabuhanga mu mashuri abanza n’ayisumbuye rukazayishyura mu myaka 40 ku nyungu ya 0,2%.

Intego ikomeye ni uko uburezi bugera kuri bose kandi bugatangwa mu ikoranabuhanga.

Minisitiri w’imari n’igenamigambi Dr. Uzziel Ndagijimana avuga ko u Rwanda ruha agaciro uburezi kuko ari bwo shingiro ry’iterambere rirambye ku gihugu icyo ari cyo cyose.

Avuga ko gukorana n’Ubuyapani mu kunoza ikoranabuhanga mu burezi ari ikintu kizafasha u Rwanda kugera ku ntego rwiyemeje yo kuzamura uburezi nka rumwe mu nzego z’ibanze zizamura ubukungu.

Ambasaderi w’Ubuyapani mu Rwanda witwa Isao Fukushima avuga ko Ubuyapani budakunze guha ibihugu inguzanyo ingana kuriya ariko ngo kuba bikozwe mu Rwanda ni ikimenyetso cy’uko buha agaciro umuhati w’u Rwanda mu kuzamura uburezi bwarwo.

Avuga ko uburezi butagirira akamaro ubukungu gusa ahubwo bufasha n’umuntu kuba umuntu muzima, ufite imibereho iboneye.

Ati: “ Nizeye ko iyi nguzanyo izafasha u Rwanda kugira abaturage babonye uburezi buboneye.”

Ubuyapani busanzwe bufatanya n’u Rwanda mu nzego zitandukanye zirimo ikoranabuhanga, kubaka ibikorwa remezo, uburezi, ubuzima n’ibindi.

TAGGED:BuyapanifeaturedIkoranabuhangaInguzanyoRwandaUburezi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abigaragambya Bafunze Umuhanda Goma-Sake
Next Article Rwamagana: Akurikiranyweho Kwica Nyina
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

DRC: Abanyamahanga Ntibemerewe Gukora Ubucuruzi Buto Buto

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?