Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Rumaze Gusurwa N’Abayobozi Bane B’Ibihugu Mu Minsi 40
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rumaze Gusurwa N’Abayobozi Bane B’Ibihugu Mu Minsi 40

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 February 2024 1:12 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Iminsi ibaye 40 kuva umwaka wa 2024 utangiye. Kuva icyo gihe kugeza ubu hari Abakuru b’ibihugu batatu n’umwami umwe bamaze gusura u Rwanda.

Perezida wa Guinea Mamadi Doumbouya yasuye u Rwanda asiga ahafunguye Ambasade.

Bidatinze mugenzi we uyobora Mozambique Filip Nyusi nawe yageze mu Rwanda aganira na Perezida Kagame uko ibihugu byombi byakomeza gukorana.

Ibihugu byombi bisanganywe umubano n’ubufatanye mu kugarura amahoro muri Cabo Delgado aho ibyihebe byari byarayogoje guhera mu mwaka wa 2017.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ntibyatinze u Rwanda rwasuwe n’umwami wa Jordania.

Uyu mwami yaganiriye n’ubuyobozi bw’u Rwanda uko Kigali na Amman bakorana mu nzego zitandukanye zirimo ubuhinzi, ikoranabuhanga n’ibindi bikorwa by’iterambere.

Yaganiriye n’u Rwanda kandi ku mutekano muke uri mu Karere u Rwanda ruherereyemo.

Bombi bemeranyije ko inzira y’amahoro ashingiye ku biganiro ari yo ashoboka n’aho intambara ntacyo izageza ku Banyarwanda.

Umunyacyubahiro wa kane wasuye u Rwanda muri iyi minsi ni Perezida wa Pologne Duda uherutse mu Rwanda vuba aha akaba yarahavuye ajya muri Tanzania.

- Advertisement -

Kuba rusuwe n’abanyacyubahiro bane mu minsi 40 ni ikimenyetso cy’uko u Rwanda rukomeje kwagura amarembo.

TAGGED:AbaperezidafeaturedIbihuguUmwami
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubufatanye Bw’u Rwanda N’Ubuhinde Mu Bya Gisirikare
Next Article Musanze:Umurinzi W’Igihango Yasabye Urubyiruko Kumwigiraho
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?