Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Rumaze Gusurwa N’Abayobozi Bane B’Ibihugu Mu Minsi 40
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rumaze Gusurwa N’Abayobozi Bane B’Ibihugu Mu Minsi 40

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 February 2024 1:12 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Iminsi ibaye 40 kuva umwaka wa 2024 utangiye. Kuva icyo gihe kugeza ubu hari Abakuru b’ibihugu batatu n’umwami umwe bamaze gusura u Rwanda.

Perezida wa Guinea Mamadi Doumbouya yasuye u Rwanda asiga ahafunguye Ambasade.

Bidatinze mugenzi we uyobora Mozambique Filip Nyusi nawe yageze mu Rwanda aganira na Perezida Kagame uko ibihugu byombi byakomeza gukorana.

Ibihugu byombi bisanganywe umubano n’ubufatanye mu kugarura amahoro muri Cabo Delgado aho ibyihebe byari byarayogoje guhera mu mwaka wa 2017.

Ntibyatinze u Rwanda rwasuwe n’umwami wa Jordania.

Uyu mwami yaganiriye n’ubuyobozi bw’u Rwanda uko Kigali na Amman bakorana mu nzego zitandukanye zirimo ubuhinzi, ikoranabuhanga n’ibindi bikorwa by’iterambere.

Yaganiriye n’u Rwanda kandi ku mutekano muke uri mu Karere u Rwanda ruherereyemo.

Bombi bemeranyije ko inzira y’amahoro ashingiye ku biganiro ari yo ashoboka n’aho intambara ntacyo izageza ku Banyarwanda.

Umunyacyubahiro wa kane wasuye u Rwanda muri iyi minsi ni Perezida wa Pologne Duda uherutse mu Rwanda vuba aha akaba yarahavuye ajya muri Tanzania.

Kuba rusuwe n’abanyacyubahiro bane mu minsi 40 ni ikimenyetso cy’uko u Rwanda rukomeje kwagura amarembo.

TAGGED:AbaperezidafeaturedIbihuguUmwami
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubufatanye Bw’u Rwanda N’Ubuhinde Mu Bya Gisirikare
Next Article Musanze:Umurinzi W’Igihango Yasabye Urubyiruko Kumwigiraho
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ese Icyemezo Cya Leta Cyahombeje Abacuruzi Bagafunga Cyavugururwa?

DRC: Urugo Rwa Azarias Ruberwa Rwatewe

Abaturage 354,000 Bagiye Guhabwa Amazi Meza

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?