U Rwanda Rutegereje Izindi Bisi 140

Minisitiri w’Intebe Dr.Edouard Ngirente avuga ko mu rwego rwo gukemura mu buryo burambyw ikibazo cy’ubuke bw’imodoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange, hari bisi 140 ziri hafi kugezwa mu Rwanda.

Zizaza ziyongera ku zindi 200 zizaba ziri mu Rwanda.

Mu gihe gito gishize, mu Rwanda hakiriwe bisi 100 zitwara abagenzi 100 imwe imwe.

Mbere habanje kuza bisi 40 nyuma haza izindi 80.

Gutumiza bisi nyinshi kandi zitwara abagenzi benshi biri mu ngamba za Leta y’u Rwanda zo kugabanya umwanya abagenzi bamara bateze kandi bakagenda bisanzuye.

Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version