Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubufatanye Bwa Uganda Na Tanzania Ku Butegetsi Bwa Suluhu Butangiye Bute?
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Ubufatanye Bwa Uganda Na Tanzania Ku Butegetsi Bwa Suluhu Butangiye Bute?

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 April 2021 7:50 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Uganda na Tanzania bari businye amasezerano y’ubufatanye mu gucukura ibikomoka kuri Petelori, bizacungwa na Leta z’ibihugu byombi ariko bigakorwa na Sosiyete y’Abafaransa, Total.

Ni umushinga wo kubaka umuyoboro w’ibikomoka kuri petelori(pipeline) uzava mu Burengerazuba bwa Uganda ukagera ku cyambu cya Tanga kiri muri Tanzania hafi y’Inyanja y’Abahinde.

Ni umuyoboro w’ibilometero 1 440.

Kuri iki rero nibwo Perezida wa Tanzania Madamu Samia Suluhu ari bugere i Kampala kugira ngo asinyane na mugenzi Perezida Museveni amasezerano y’uko uriya mushinga uzubakwa, harimo n’uburyo bwo kwimura no guha ingurane abatuye aho uzacishwa.

Ku wa Gatanu tariki 09, Mata, 2021 nibwo itsinda riyobowe na Minisitiri w’ubutabera no kurinda Itegeko nshinga rya Tanzania , Prof Palamagamba Kabudi ryageze i Kampala mu rwego rwo gutegura uruzinduko wa Perezida Suhulu.

Abari bagize iri tsinda bose baje bambaye kandi bakomeza kwambara agapfukamunwa, ikintu kitabagaho ubwo Tanzania yategekwaga na John Pombe Joseph Magufuli uherutse gutabaruka.

Isinywa ry’uyu mushinga ryari riteganyijwe gusinywa tariki 22, Werurwe, 2021 ako ntibyaba kuko Magufuli yari arwaye kandi arembye.

TAGGED:featuredMuseveniPeteloriSuhuluTanzaniaUbufatanyeUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubumwe N’Ubwiyunge Mu Banyarwanda Buhagaze Bute?
Next Article Mu minsi Mike KWIBUKA 27 Bitangiye, Abarokotse Jenoside Batangiye Guhohoterwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?