Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubundi Bwanikiro Bwagwiriye Abaturage
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ubundi Bwanikiro Bwagwiriye Abaturage

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 February 2023 2:10 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma y’igihe gito ubwanikiro bw’ibigori byo mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Ndera, bugwiriye abaturage hagapfa abantu 10, mu Karere ka Ngoma n’aho hari ubundi bwagwiriye abaturage hakomereka abantu bane.

Ibi byago byabereye mu Murenge wa Rukumbeli ahitwa Ntovi.

Ubu bwanikiro n’ubw’i Ngoma

Ubuyobozi bwa Rukumbeli buvuga ko abakomeretse bajyanywe  ku kigo nderabuzima cya Rukumbeli ngo bitabweho.

Icyakora ngo hari n’abajyanywe ku bitaro bikuru bya Kibungo.

Nkuriza Michel uyobora Ikigo Nderabuzima cya Rukumbeli yabwiye UMUSEKE dukesha iyi nkuru ko abantu 20, babiri boherejwe ku bitaro by’i Kibungo, abandi babiri bajyanwa ku Kigo Nderabuzima cya Rukumbeli, ariko nabo ngo bari hafi gusezererwa.

Abandi 16 bo bahavuye bameze neza barataha.

Ku rundi ruhande ariko babanje guhungabana.

Ubwanikiro bw’i Gasabo bivugwa ko bwaguye kubera uburemere bwinshi ndetse n’umuyaga.

TAGGED:featuredIbigoriNgomaUbwanikiro
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Muhanga: Umugore ‘Wibye Moto’ Ari Gushakishwa
Next Article Polisi Y’u Rwanda Ifite Umuyobozi Mushya
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Hari Imyanzuro u Rwanda Rwemera K’Uburenganzira Bwa Muntu Ntishyirwe Mu Bikorwa Yose

Ese Intambara Ya Amerika N’Uburayi Irashoboka

Hatangijwe Ubufatanye Mu Kuzamura Ubwinshi N’Ubwiza Bw’Imbuto 

Abatanga Ubutabera Bajye Basura Amahanga Barebe Uko Bigenda-Sosiyete Sivile

Uko RDF Yakiriwe Muri Jamaica

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Irani: Imyigaragambyo Ikomeje Kuzengereza Leta

Nyamasheke: Yakubise Gitifu Amuziza Kumwimisha Inkunga Y’Ibiribwa

Ese Robo Zitwara Imodoka Mu Buryo Butekanye Kurusha Abantu?

Niki Cyateye Igiciro Cy’Ikawa Y’u Rwanda Kuzamuka?

U Rwanda Rusanga Imvugo Za Ndayishimiye Zibangamira Umubano Warwo N’Uburundi

You Might Also Like

Mu Rwanda

U Rwanda Rwishimira Intambwe Yatewe Mu Kurwanya Igwingira Mu Bana Bato

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Bafatanywe Amadolari Y’Amakorano

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Minisitiri W’Intebe Yakiriye Uyobora Ikigo Mpuzamahanga Cy’Abagiraneza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Tchad: Hadutse Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?