Muri Kenya haravugwa ikibazo cy’ibinyampeke bike k’uburyo abaturage miliyoni 12( benda kungana n’abatuye u Rwanda) badafite ibiribwa bihagije. Imibare yo mu mwaka wa 2020 yasohowe na...
Abahinga igishanga cya Cyonyongo nicya Gacuragiza bikora ku Mirenge ine y’Akarere ka Rulindo bishimira ko ubumenyi bahawe bwo guhinga kijyambere, byatumye badakomeza guhinga mu kajagari kandi...
Abahinga ibigori mu Karere ka Nyagatare bavuga ko bibabaje kuba uruganda rutunganya akawunga bari bakeneye kuva cyera rwaruzuye, ariko rukaba rugiye kumara imyaka ibiri rudakora. Ni...
Mu Karere ka Nyagatare mu Mirenge ya Mukama na Karama hari abahinzi babwiye Taarifa ko kubona ubwanikiro bunini kandi bwubatswe neza byatumye ibigori byabo bitibasirwa n’uruhumbu...
Imvura iri kugwa muri Gashyantare, 2022 ntisanzwe. Ni imvura Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubumenyi bw’ikirere gitangaza ko izaba nyinshi kugeza mu mataliki yegereza aya nyuma y’uku kwezi....