Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uburusiya Bwanzuye Guhagarika Intambara Na Ukraine Kuri Pasika
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Uburusiya Bwanzuye Guhagarika Intambara Na Ukraine Kuri Pasika

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 April 2025 5:15 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Vladmir Putin yategetse ingabo ze guhagarika intambara kuri Pasika kugira ngo abanya Ukraine babone uko bizihiza uwo munsi mukuru uhuriweho n’abemera Kristo ku isi hose.

Avuga ko imirwano igomba guhagarara guhera saa kumi n’ebyiri z’umugoroba kuri uyu wa Gatandatu kuzageza saa sita z’ijoro kuri iki Cyumweru.

Putin avuga ko yizeye ko uruhande rwa Ukraine narwo ruzakurikiza ako gahenge, akavuga ko uzica iyi gahunda azaba ari we gashozantambara.

BBC ivuga ko uruhande rwa Ukraine rutaragira icyo rutangaza kuri ako gahenge.

Uburusiya butangaje ibi nyuma y’uko mu mpera z’Icyumweru gishize igihugu cye cyarashe muri Ukraine igisasu cya missile bita ballistic kica abantu benshi ku buryo hari bamwe mu nshuti z’iki gihugu bavuze ko ibyakozwe bishobora gushyirwa mu rwego rw’ibyaha by’intambara.

Ab’ingenzi ni Abongereza.

Indi ngingo iri kuvugwa muri Ukraine ni ukutumvikana nyako hagati yayo na Amerika ku ngingo irebana no kuyirindira umutekano nayo ikemerera Washington kuyicukuramo amabuye y’agaciro.

Amerika ivuga ko iri gushaka uko intambara hagati ya Ukraine n’Uburusiya igiye kumara imyaka itatu n’igice yahagarara ariko hari ibitarasobanuka neza mu bigize iyo mikoranire.

Perezida wa Amerika Donald Trump avuga ko niba Ukraine itaretse amananiza ngo yemere ibyo isabwa, ikizakurikiraho ari uko Amerika nayo izahagarika ibyo yari yararangije kuyemerera.

Ukraine isaba Amerika ko yashyira ibirindiro by’ingabo zayo muri Ukraine bikayiha icyizere ko n’ibindi izabikora.

TAGGED:AgahengefeaturedIntambaraPutinUkraineVladimir
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article M23 Isanga Kuba Kabila Yaje i Goma Nta Kibazo Kibirimo
Next Article Rayon Iraye Ari Iya Mbere Muri Shampiyona Nyuma Yo Gutsinda Muhazi United 2-0
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Ibanga Kepler Yakoresheje Ngo Ihagarare Neza Muri Basket Y’Abagore

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Kwitabira Gufata Irangamimerere Byitabirwe Na Buri Wese- MINALOC 

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibiza KamereMu RwandaUmutekano

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?