Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubuzima Buhenze Bwatumye Abaturage Basaba Perezida Wabo Kwegura
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ubuzima Buhenze Bwatumye Abaturage Basaba Perezida Wabo Kwegura

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 August 2022 10:13 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
FILE PHOTO: A demonstrator throws a gas canister during an anti-government protest, in Freetown, Sierra Leone, August 10, 2022 in this picture obtained from social media. Picture obtained by Reuters/via REUTERS
SHARE

Abaturage bo mu Murwa mukuru wa Sierra Leone witwa Freetown bamaze iminsi bigaragambya basaba Perezida w’igihugu cyabo kwegura kuko Guverinoma ayoboye yananiwe kugabafasha guhangana n’ibibazo bijyanye n’uko ubuzima buhenze.

Mu Murwa mukuru Freetown , abaturage bamaze igihe bahanganye n’abapolisi babasaba kuva mu mihanda kubera ko bateje rwaserera.

Bo bavuga ko bashaka ko Guverinoma yabo ibafasha kubona iby’ibanze mu buzima kugira ngo babashe kubaho neza bo n’abo babyaye.

Perezida w’iki gihugu Julius Mada Bio yabwiye BBC ko ibyo abaturage bari gukora ari iterabwoba ryo ku rwego rwo hejuru.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ikindi ni uko kugeza ubu hari abapolisi bane bamaze kuhasiga ubuzima n’abandi baturage benshi bahaguye.

Uretse ubuzima buhenze, abaturage bari kwigaragambya bamagana ruswa iri mu nzego za Leta n’uburyo abapolisi bakoresha imbaraga z’umurengera mu guhosha imidugararo.

Abaturage barasaba kandi ko Perezida Julius Mada Bio yegura kuko ngo kuyobora byaramunaniye kuko abaturage be bashonje.

We avuga ko hari abantu babyihishe inyuma kubera inyungu za Politiki, akavuga ko ari bo basunikiye abaturage kujya mu muhanda.

Perezida Julius Mada Bio

Ndetse  ngo hari abanya Sierra Leone baba hanze yayo bari gukora uko bashoboye ngo bakureho Mada Bio.

- Advertisement -

Ngo bakoresha urubyiruko rudafite akazi.

Mada Bio avuga ko koko hari abaturage b’igihugu cye badafite akazi ariko ngo ibyo ubwabyo ntibyagombye kuba ikibazo kuko Leta yakoze uko ishoboye ngo ihe abaturage uburezi bwatuma bashobora kwihangira imirimo.

TAGGED:featuredMada BioPerezidaSierra Leone
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Sheebah Karungi Yaririmbiye Abafana Mu Gitaramo Bruce Melodie Atagaragayemo
Next Article Uwanditse Igitabo Cyarakaje Abisilamu Yatewe Icyuma
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Perezida Wa Guinea Conakry Yaraye Yakiriwe N’Abaturage Be Baba Mu Rwanda

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?