Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubuzima Bwa Papa Francis Bukomeje Kuba Bubi, Agiye Kubagwa Amara
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ubuzima Bwa Papa Francis Bukomeje Kuba Bubi, Agiye Kubagwa Amara

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 June 2023 10:53 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubuzima bwa Nyiri ubutungane Papa Francis buri kuba bubi. Nyuma yo koherezwa mu bitaro ngo akorerwe isuzuma, amakuru aravuga ko abaganga basanze ari ngombwa ko abagwa amara.

Sky News yanditse ko kumubaga biri bukorwe mu masaha yicumye ashyira umugoroba wo kuri uyu wa Gatatu taliki 07, Kamena, 2023.

Biteganyijwe ko azamara iminsi runaka mu bitaro avurwa.

Hashize imyaka ibiri abazwe amara, bakuraho agace gato k’urura runini kari karamunzwe.

Papa Francis w’imyaka 86 arabagwa atewe ikinya umubiri wose.

Iby’uko kumubaga byemejwe nyuma y’uko kuri uyu wa Kabiri yari aherutse kujya mu bitaro by’ahitwa Gemelli ngo bamukorere isuzuma rusange ry’uko ubuzima bwe bwifashe.

Nta bisobanuro birambuye by’ibyavuye muri iryo suzuma byatangarijwe abanyamakuru.

Icyakora yari aherutse gutangaza ko ababara mu gituza.

Papa Francis kandi burya asanganywe igihaha kimwe cyakasweho inyama.

Bivuze ko ibihaha bye bidakora kimwe. Byamubayeho akiri muto.

Aherutse no kugira ikibazo mu ivi cyatumye asigaye agendera ku igare ry’abafite ubumuga.

TAGGED:AmarafeaturedFrancisIbihahaIbitaroIgareIkinyaIndwaraKubagwaPapa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubwonko Bwa Kabuga Burarwaye ‘Ntashobora’ Kuburana
Next Article Kandidatire Ya Gacinya Denis Ku Buyobozi Bwa FERWAFA Yanzwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

You Might Also Like

Mu mahangaUbuzima

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?