Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubuzima Bwa Papa Francis Bukomeje Kuba Bubi, Agiye Kubagwa Amara
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ubuzima Bwa Papa Francis Bukomeje Kuba Bubi, Agiye Kubagwa Amara

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 June 2023 10:53 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubuzima bwa Nyiri ubutungane Papa Francis buri kuba bubi. Nyuma yo koherezwa mu bitaro ngo akorerwe isuzuma, amakuru aravuga ko abaganga basanze ari ngombwa ko abagwa amara.

Sky News yanditse ko kumubaga biri bukorwe mu masaha yicumye ashyira umugoroba wo kuri uyu wa Gatatu taliki 07, Kamena, 2023.

Biteganyijwe ko azamara iminsi runaka mu bitaro avurwa.

Hashize imyaka ibiri abazwe amara, bakuraho agace gato k’urura runini kari karamunzwe.

Papa Francis w’imyaka 86 arabagwa atewe ikinya umubiri wose.

Iby’uko kumubaga byemejwe nyuma y’uko kuri uyu wa Kabiri yari aherutse kujya mu bitaro by’ahitwa Gemelli ngo bamukorere isuzuma rusange ry’uko ubuzima bwe bwifashe.

Nta bisobanuro birambuye by’ibyavuye muri iryo suzuma byatangarijwe abanyamakuru.

Icyakora yari aherutse gutangaza ko ababara mu gituza.

Papa Francis kandi burya asanganywe igihaha kimwe cyakasweho inyama.

Bivuze ko ibihaha bye bidakora kimwe. Byamubayeho akiri muto.

Aherutse no kugira ikibazo mu ivi cyatumye asigaye agendera ku igare ry’abafite ubumuga.

TAGGED:AmarafeaturedFrancisIbihahaIbitaroIgareIkinyaIndwaraKubagwaPapa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubwonko Bwa Kabuga Burarwaye ‘Ntashobora’ Kuburana
Next Article Kandidatire Ya Gacinya Denis Ku Buyobozi Bwa FERWAFA Yanzwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?