Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubuzima Bw’Uwari Buzaragwe Ingoma Ya Thailand Buri Hagati Y’Urupfu N’Umupfumu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ubuzima Bw’Uwari Buzaragwe Ingoma Ya Thailand Buri Hagati Y’Urupfu N’Umupfumu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 December 2022 8:35 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Igikomangoma Bajrakitiyabha  wa Thailand  ari mu bitaro nyuma yo gufatwa n’umutima ubwo yari ari muri siporo.

Uyu mugore w’imyaka 44 y’amavuko yikubise hasi ari kumwe n’imbwa ze ubwo yakoreraga siporo mu bisitani bw’ibwami.

Abaganga bagerageje kumufasha ngo barebe ko umutima wakongera gukora neza bakoresheje ubuhanga bita CPR (Cardiopulmonary resuscitation) ariko biranga, biba ngombwa ko bamwuriza kajugujugu bamujyana kwa muganga.

 Umwami wa Thailand akimara kumva iyo nkuru yahise aza kureba uko umukobwa we amerewe ariko ngo ntamerewe neza kubera ko ubwo twandikaga iyi  nkuru yari ari mu byuma byamufashaga gukomeza kubaho.

Ari gufashwa n’imashini yongera umwuka wa Oxygen ngo abantu barebe niba yakomeza kubaho.

Umunyamakuru witwa Andrew MacGregor Marshall yanditse kuri Twitter ko gukira  kwa kiriya gikomangoma biri kure.

Amakuru atangwa n’abantu b’ibwami avuga ko nta kizere cy’uko igikomangoma cyari buzaragwe ingoma kiri bugaruke mu buzima, icyakora ngo abahanga barakomeza gufasha uriya mukobwa guhumeka bakoresheje ikoranabuhanga bita ECMO.

Hagati aho  abiru b’ibwami bari kwiga ikiri bukurikireho nk’uko wa munyamakuru witwa  MacGregor Marshall yabyanditse.

TAGGED:IbitaroIgikomangomaThailandUmutimaUmwami
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Felix Tshisekedi Yarerewe Muri Mobutism- Rutaremara
Next Article Depite Mu Nteko Ishinga Amategeko Y’u Burayi Akurikiranyweho Ruswa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?