Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubuzima Bw’Uwari Buzaragwe Ingoma Ya Thailand Buri Hagati Y’Urupfu N’Umupfumu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ubuzima Bw’Uwari Buzaragwe Ingoma Ya Thailand Buri Hagati Y’Urupfu N’Umupfumu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 December 2022 8:35 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Igikomangoma Bajrakitiyabha  wa Thailand  ari mu bitaro nyuma yo gufatwa n’umutima ubwo yari ari muri siporo.

Uyu mugore w’imyaka 44 y’amavuko yikubise hasi ari kumwe n’imbwa ze ubwo yakoreraga siporo mu bisitani bw’ibwami.

Abaganga bagerageje kumufasha ngo barebe ko umutima wakongera gukora neza bakoresheje ubuhanga bita CPR (Cardiopulmonary resuscitation) ariko biranga, biba ngombwa ko bamwuriza kajugujugu bamujyana kwa muganga.

 Umwami wa Thailand akimara kumva iyo nkuru yahise aza kureba uko umukobwa we amerewe ariko ngo ntamerewe neza kubera ko ubwo twandikaga iyi  nkuru yari ari mu byuma byamufashaga gukomeza kubaho.

Ari gufashwa n’imashini yongera umwuka wa Oxygen ngo abantu barebe niba yakomeza kubaho.

Umunyamakuru witwa Andrew MacGregor Marshall yanditse kuri Twitter ko gukira  kwa kiriya gikomangoma biri kure.

Amakuru atangwa n’abantu b’ibwami avuga ko nta kizere cy’uko igikomangoma cyari buzaragwe ingoma kiri bugaruke mu buzima, icyakora ngo abahanga barakomeza gufasha uriya mukobwa guhumeka bakoresheje ikoranabuhanga bita ECMO.

Hagati aho  abiru b’ibwami bari kwiga ikiri bukurikireho nk’uko wa munyamakuru witwa  MacGregor Marshall yabyanditse.

TAGGED:IbitaroIgikomangomaThailandUmutimaUmwami
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Felix Tshisekedi Yarerewe Muri Mobutism- Rutaremara
Next Article Depite Mu Nteko Ishinga Amategeko Y’u Burayi Akurikiranyweho Ruswa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

Nduhungirehe Ashimangira Ko FDLR Ikiri Ikibazo K’u Rwanda

Ingabo Za Israel Zaje Mu Rwanda, Abaganga Bayo Bajya i Burundi

Kapiteni Wa Kiyovu Sports Yahaniwe Imyitwarire Mibi

Abana Bafite Ubumuga Barakimwa Amahirwe Yo Kwiga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

Igitutu Cya Trump Kuri Ukraine Ngo Ikunde Ibone Amahoro

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

You Might Also Like

Mu mahanga

DRC: Imirwano Hagati Ya Wazalendo Na FARDC Imaze Kugwamo Abantu 11

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Bashyinguye Bundi Bushya Nyuma Y’Uko Imyuzure Ishenye Irimbi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?