Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubwato Bw’Intambara Bw’Ubushinwa Bwageze Muri Nigeria
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ubwato Bw’Intambara Bw’Ubushinwa Bwageze Muri Nigeria

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 July 2023 12:53 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Itangazamakuru ryo muri Nigeria ryatangaje ko mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru taliki 02, Nyakanga, 2023, ubwato bw’intambara bw’ingabo z’Ubushinwa bwitwa Nanning bwageze ku mwaro wa Nigeria.

Bwaje buciye mu Nyanja y’Atlantica  bugarara ku cyambu cya Lagos.

Ikinyamakuru kitwa Politics Nigeria kivuga ko umuyobozi w’ingabo za Nigeria zishinzwe amazi witwa Rear Admiral Joseph Akpan ari we waje kwakira abari  muri ubwo bwato.

Abayobozi b’ingabo na gisivili baje kubwakira

Hajemo kandi abasirikare bacye b’Ubushinwa n’abandi bashinzwe gukorera muri ubwo bwato akazi gatandukanye.

Ntiharamenyekana impamvu z’uru rugendo ariko abantu bavuga ko ari ngombwa kuza kwitega uko Amerika iri bubyitwaremo cyane cyane ko muri iki gihe ihanganye n’Ubushinwa mu by’ubukungu no kugira ijambo aho ari ho hose ku isi.

Nigeria nicyo gihugu gituwe n’abaturage benshi kandi gikize kurusha ibindi
TAGGED:AmerikafeaturedIntambaraNigeriaUbushinwaUbwato
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Barashinja Tshisekedi Kwigiriza Nkana Ku Nzirakarengane
Next Article Hatangajwe Uko Abanyeshuri Bazataha Bajya Mu Biruhuko
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abaturage 354 Bagiye Guhabwa Amazi Meza

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

You Might Also Like

IbidukikijeMu RwandaUbukungu

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

DRC: Abanyamahanga Ntibemerewe Gukora Ubucuruzi Buto Buto

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?