Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uganda: Igihugu Cya Kabiri Cyeza Urutoki Rwinshi Ku Isi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubumenyi Rusange

Uganda: Igihugu Cya Kabiri Cyeza Urutoki Rwinshi Ku Isi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 April 2021 10:13 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma y’u Buhinde, Uganda niyo ya kabiri ku isi mu kweza urutoki rwinshi.

Ugereranyije ubuso bwa Uganda n’ubw’u Buhinde, ukibuka ko ubuhinde buruta Uganda inshuro 14, watekereza ko Uganda ihinga urutoki rwinshi kurusha  u Buhinde.

Umuturage wa Uganda urya ibitoki bike, arya ikilo cyabyo ku munsi.

Mu mwaka wa 2019, Uganda yejeje toni 544, 629 by’urutoki.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Imwe mu mpamvu zituma Uganda yera urutoki rwinshi ni uko ifite ubutaka bubireye.

Ibice byinshi byayo bishobora kwera kiriya gihingwa gikunda kandi kibika amazi.

Ikindi ni uko abahinzi barwo bazi ubuhanga bwo gutera insina bya kijyambere kurusha benshi bo mu gace k’Afurika Uganda iherereyemo.

Mu Rwanda naho ubuhanga bwo guhinga insina ku murongo bwatangiye kwitabirwa na benshi.

Umwe muri ba Agoronome wo muri Uganda witwa John Mugera yigeze kubwira The Monitor ko Muri Uganda ko amoko atatu y’insina akunzwe kurusha ayandi ari yo Mpologoma, Kibuzi na Nakitembe.

- Advertisement -
Insina zikenera amazi n’ahandi hisanzuye ho gukurira
TAGGED:featuredGuhingaIgihuguIsiRwandaUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubwato Bw’Intambara Bw’U Burusiya Mu Nyanja Bwiteguye Kurwana
Next Article Banki y’Isi Yemereye U Rwanda Miliyoni $30 Zo Kugura Inkingo Za COVID-19
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hatangajwe Ifoto Yemewe Ya Papa Lewo XIV

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

Burundi: Umudepite Yakubiswe

Menya Aho Amerika Igeze Umushinga Wo Guhuza u Rwanda Na DRC

Chris Brown Afungiye Gukubita Umuntu Icupa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Uganda: Undi Murinzi Wa Bobi Wine Yashimuswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Gutega Amatwi Inyoni Ziririmba Bimara Ishavu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

RIB Iraburira Abajya Gusenga Bakibwa Telefone

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Uruganda Rw’u Rwanda Rutunganya Urumogi Rugeze Kure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?