Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umubano W’u Rwanda N’Amerika Ni Kimeza- Yolande Makolo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Umubano W’u Rwanda N’Amerika Ni Kimeza- Yolande Makolo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 31 July 2023 3:04 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda Yolande Makolo avuga ko umubano w’u Rwanda n’Amerika ari kimeza kandi ikomeye.

Yabivugiye mu muhango wo kwishmira uko ibihugu byombi bibanye wabereye mu Nteko ishinga amategako y’Amerike, Capitol, mu mpera z’Icyumweru cyarangiye taliki 30, Nyakanga, 2023.

Hari ku wa Gatanu taliki 28, Nyakanga, 2023.

Makolo avuga ko imbuto ziva muri uwo mubano zigaragarira buri wese uzi uko Kigali ibanye na Washington.

Mu gikorwa cyo kwishimira uyu mubano, hari hari n’uwaro uhagarariye ubuyobozi bw’Inteko ishinga amategeko y’Amerika witwa Trent Kelly ndetse na Ambasaderi w’u Rwanda muri Amerika Prof Mathilde Mukantabana.

Abandi bawitabiriye ni ba Ambasaderi 10 batandukanye bahagarariye ibihugu byabo muri Amerika, abakozi bakuru muri Sena y’Amerika, abahanga muri za Kaminuza zo muri kiriya gihugu n’abandi bafite ijwi rikomeye muri iki gihugu kirusha ibindi ubuhangange.

Yolande Makolo yavuze ko ubucuti bw’u Rwanda n’Amerika bwatumye rutera imbere kandi ibyo Abanyarwanda barabishima.

Umuzi shingiro wabyo ni ubucuti bwa kimeza kandi butajegajega.

Muri uyu mujyo, Hon Trent Kerry wari uhagarariye Amerika muri iki gikorwa, yavuze ko imwe mu mpamvu zituma igihugu cye gikorana n’u Rwanda ari uko rufite ‘imiyoborere iboneye.’

Ambasaderi w’u Rwanda muri Amerika Prof Mathilde Mukantabana yashimiye abandi bayobozi mu Nteko ishinga amategeko ya Amerika bitabiriye uriya muhango, abo bakaba barimo Ron Estes wa Kansas na James Baird wa Leta ya Indiana.

Abashimira ko uruhare rwa buri wese mu gukomeza umurunga uhuza u Rwanda, Afurika n’Amerika.

Abitabiriye iriya uriya muhango bavuze ko imbaraga zigomba gushyirwa mu guteza imbere umubano hagati y’u Rwanda n’Amerika mu nzego zihariye z’uburezi  n’amajyambere arambye.

TAGGED:AmerikafeaturedMakoloRwandaUbukunguUmubano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gen Alex Kagame Yoherejwe Kuyobora Ingabo Muri Mozambique
Next Article Nyarugenge: Hagiye Kubakwa Irerero Rizuzura Mu Mezi Abiri
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Na Senegal Duhuriye Ku Kwita Kuri Ejo Hazaza H’Urubyiruko- Kagame

Faye Yahuye Na Kagame Ku Munsi Wa Kabiri W’Uruzinduko Rwe Mu Rwanda

Rwanda: Uruganda Rutunganya Imiti Ivuye Mu Rumogi Rugiye Kuzura

Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha Rwanze Icyifuzo Cya Israel

Umurundi Kirikou Akili Ukunzwe Mu Rwanda Ni Muntu Ki?

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nzanywe No Guhanga Udushya- Umuyobozi Mushya Wa Airtel Rwanda 

Abakozi Ba RBC Bafunzwe Bazira Ruswa 

Indonesia, Azerbaijan Na Pakistan Mu Biganiro Na Amerika Byo Kohereza Ingabo Muri Gaza

Perezida Wa Madagascar Yuhunze Igihugu 

Israel Na Hamas Ntibiri Buhagararirwe Mu Isinywa Rya Burundu Ry’Amahoro Ya Gaza

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yakiriye Mugenzi We Wa Senegal 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Andi makuruMu Rwanda

PM Nsengiyumva Asaba Abarangiza Kaminuza Kutazabera Igihugu Impfabusa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Hamas Yavuze Ko Abo Yabonye Bose Yabashyikirije Israel

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Abanyaburayi Babwiwe Ibyiza Bazasanga Mu Rwanda Nibarusura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?