Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umubare W’Abishwe N’Umutingito Muri Afghanistan Wageze Ku Bantu 920
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umubare W’Abishwe N’Umutingito Muri Afghanistan Wageze Ku Bantu 920

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 June 2022 11:35 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umutingito ufite ubukana bwa Richter bungana na 6.1 wajegeje ibice by ‘Afghanistan wica abantu benshi. Kugeza ubu hamaze  kubarurirwa muri 920, abandi benshi  bakameretse ndetse n’ingingo z’imibiri yabo ziravunika.

Uyu mutingito wabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, wibasira Umujyi wa Khost urutanye na Pakistan.

Ikigo cy’Abanyamerika gishinzwe ubumenyi bw’imiterere y’ubutaka kitwa US Geological Survey kivuga ko isangano ry’amahindure yateye uriya mutingito ryatangiriye muri Kilometero 51 mu bujyakuzimu

Ingaruka zawo zageze mu ntera ya Kilometero 44 kure y’Umujyi wibasiwe cyane ari wo Khost.

Bivugwa ko imbaraga zawo zajegeje inzu nyinshi k’uburyo abantu miliyoni 119 bawumvise kandi kumva umutingito bivuze gukuka umutima.

Ibiro ntaramakuru by’iki gihugu byitwa Bakhtar bivuga ko abantu 255 ari bob amaze guhitanwa nawo.

Afghanistan

Hari n’abandi kajugujugu zajyanye kwa muganga.

Ahandi hantu ku isi haherutse kwibasirwa n’umutingito ni muri Haïti.

Hari muri Kanama, 2021 ubwo umutingito ukomeye wari ufite igipimo cya Richter cya 7.2 wahitanaga abantu 1,941 abandi 9,900 bagakomeretse hagasenyuka inzu 60,000.

Igice kinini cyangirijwe nawo ni ikiri mu Murwa mukuru Port-au-Prince.

TAGGED:AfghanistanfeaturedUmujyiUmutingito
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uwiyamamariza Kuyobora Kenya Ati: “ Nintsinda Nzirukana Abashinwa Bigaruriye Isoko Ryacu”
Next Article Rebecca Kadaga Yahagarariye Perezida Museveni Mu Nama Ya CHOGM
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaPolitiki

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?