Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umugaba w’Ingabo Za Misiri Yasuye U Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

Umugaba w’Ingabo Za Misiri Yasuye U Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 May 2021 8:09 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Lt.Gen Mohamed Farid  uyobora Imitwe  yose igize ingabo za Misiri ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ibiri. Yahageze tariki 27,Gicurasi, 2021, abonana n’Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda Gen Jean Bosco Kazura.

Bahuriye ku kicaro gikuru cy’ingabo z’u Rwanda kiri ku Kimihurura.

Nyuma y’ibiganiro by’aba basirikare bakuru, Lt Gen Mohamed Farid yaganiriye kandi na Minisitiri w’ingabo z’u Rwanda Major General Albert Murasira.

Kuri uyu wa Gatandatu arasura Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi ruri ku Gisozi mbere y’uko afata indege asubira i Cairo, mu Misiri.

Igisirikare cya Misiri nicyo gisirikare gikomeye kurusha ibindi muri Afurika.

Mu kirangantego cyacyo handitsemo ko ‘iyo mu kaboko kamwe hari umwiko wo kubaka, mu kandi haba hari imbunda yo kurinda inyubako.’

Nyuma y’uko Misiri yemeye ko Israel ari igihugu kigenga kandi kigomba kubaho nk’ibindi, byatumye iba inshuti n’Amerika.

Ubu bucuti bwayigiriye akamaro cyane k’uburyo ubu ari cyo gihugu cya mbere cy’Afurika kibona inkunga itangwa na Amerika kurusha ibindi.

Iyi nkunga, nk’uko bimeze no kuri Israel, ifasha Misiri kubaka igisirikare cyayo k’uburyo ari cyo cya mbere gikomeye muri Afurika.

Misiri ifite  abasirikare  920,000 ikagira n’imodoka z’intambara 11,700

Imibare yasohowe n’ikitwa African Millitary Ranking ya 2020 ivuga ko Misiri ari iya cyenda ku isi mu kugira igisirikare gikomeye.

Amerika iracyari iya mbere.

Yakiranywe icyubahiro cya gisirikare
Gen Kazura yakiriye mugenzi we mu biro bye
Itsinda yaje ayoboye rifashe ifoto y’u Rwibutso
TAGGED:featuredIsraelKazuraMisiriUmugaba
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amafoto: Igipfunsi Mu Bafana Ba Chelsea na Manchester City…
Next Article Vivo Energy Rwanda Yongereye Imbaraga Mu Buryo Abakiliya Babona Serivisi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?