Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umugaba w’Ingabo Za Misiri Yasuye U Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

Umugaba w’Ingabo Za Misiri Yasuye U Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 May 2021 8:09 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Lt.Gen Mohamed Farid  uyobora Imitwe  yose igize ingabo za Misiri ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ibiri. Yahageze tariki 27,Gicurasi, 2021, abonana n’Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda Gen Jean Bosco Kazura.

Bahuriye ku kicaro gikuru cy’ingabo z’u Rwanda kiri ku Kimihurura.

Nyuma y’ibiganiro by’aba basirikare bakuru, Lt Gen Mohamed Farid yaganiriye kandi na Minisitiri w’ingabo z’u Rwanda Major General Albert Murasira.

Kuri uyu wa Gatandatu arasura Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi ruri ku Gisozi mbere y’uko afata indege asubira i Cairo, mu Misiri.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Igisirikare cya Misiri nicyo gisirikare gikomeye kurusha ibindi muri Afurika.

Mu kirangantego cyacyo handitsemo ko ‘iyo mu kaboko kamwe hari umwiko wo kubaka, mu kandi haba hari imbunda yo kurinda inyubako.’

Nyuma y’uko Misiri yemeye ko Israel ari igihugu kigenga kandi kigomba kubaho nk’ibindi, byatumye iba inshuti n’Amerika.

Ubu bucuti bwayigiriye akamaro cyane k’uburyo ubu ari cyo gihugu cya mbere cy’Afurika kibona inkunga itangwa na Amerika kurusha ibindi.

Iyi nkunga, nk’uko bimeze no kuri Israel, ifasha Misiri kubaka igisirikare cyayo k’uburyo ari cyo cya mbere gikomeye muri Afurika.

- Advertisement -

Misiri ifite  abasirikare  920,000 ikagira n’imodoka z’intambara 11,700

Imibare yasohowe n’ikitwa African Millitary Ranking ya 2020 ivuga ko Misiri ari iya cyenda ku isi mu kugira igisirikare gikomeye.

Amerika iracyari iya mbere.

Yakiranywe icyubahiro cya gisirikare
Gen Kazura yakiriye mugenzi we mu biro bye
Itsinda yaje ayoboye rifashe ifoto y’u Rwibutso
TAGGED:featuredIsraelKazuraMisiriUmugaba
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amafoto: Igipfunsi Mu Bafana Ba Chelsea na Manchester City…
Next Article Vivo Energy Rwanda Yongereye Imbaraga Mu Buryo Abakiliya Babona Serivisi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?