Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umugore W’i Nyanza Arakekwaho Kwica Umugabo We
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Umugore W’i Nyanza Arakekwaho Kwica Umugabo We

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 February 2023 1:25 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubugenzacyaha bwataye muri yombi umugore bukeka ho uruhare mu rupfu rw’umugabo we.

Abenshi bakeka ko uriya mugore ari we wishe uwo bashakanye amutsinze mu Mudugudu wa Gako, Akagari ka Mbuye mu Murenge wa Kibirizi mu Karere ka Nyanza.

Umugabo w’uriya mugore yitwa Athanase Habineza, akaba yari afite imyaka 42 y’amavuko. Bivugwa ko yishwe taliki 16, Gashyantare, 2023 ahagana saa kumi n’imwe z’umugoroba.

Muri ayo masaha nibwo yajyanywe ku kigo nderabuzima cya Kibirizi n’abo bamwohereza ku bitaro bya Nyanza ariko aranga arapfa.

Ababonye umurambo we bavuga ko yari yakomerekejwe bikomeye mu mutwe, ku ijosi no ku maboko.

Yavaga n’amaraso menshi mu matwi no mu kanwa.

Abakozi b’Urwego rw’ubugenzacyaha batangiye gukorra iperereza kuri icyo kibazo nk’uko Umuyobozi w’Akarere ka Nyanza Erasme Ntazinda yabibwiye itangazamakuru.

Birakekwa nyakwigendera yishwe n’umugore we w’imyaka 41 y’amavuko babanaga byemewe n’amategeko.

Abaturanyi babo bavuga  bari babanye nabi ngo k’uburyo uyu mugore yanabyaye umwana utari uwa nyakwigendera akaba yarererwaga muri urwo rugo.

Abagenzacyaha baracyashakisha ngo bamenye icyo uriya mugabo yicishijwe.

Abatuye Umurenge wa Kibirizi n’Akarere ka Nyanza by’umwihariko basabwe kwirinda amakimbirane kandi aho bumvise anugwanugwa bakabibwira ubuyobozi kugira habeho gukumira icyaha.

TAGGED:featuredKwicaNyanzaUbugenzacyahaUmugaboUmugore
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Syria: Islamic State Yishe Abantu 53
Next Article Nishimiye Kuzahatana Na Froome Muri Tour Du Rwanda-Moïse Mugisha
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Inshuti Ya Trump Yishwe 

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Israel Yoherereje Abatuye Gaza Inyandiko Zibasaba Guhunga Inzira Zikigendwa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Ebola Yagarutse Muri DRC

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?