Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umugore W’i Nyanza Arakekwaho Kwica Umugabo We
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Umugore W’i Nyanza Arakekwaho Kwica Umugabo We

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 February 2023 1:25 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubugenzacyaha bwataye muri yombi umugore bukeka ho uruhare mu rupfu rw’umugabo we.

Abenshi bakeka ko uriya mugore ari we wishe uwo bashakanye amutsinze mu Mudugudu wa Gako, Akagari ka Mbuye mu Murenge wa Kibirizi mu Karere ka Nyanza.

Umugabo w’uriya mugore yitwa Athanase Habineza, akaba yari afite imyaka 42 y’amavuko. Bivugwa ko yishwe taliki 16, Gashyantare, 2023 ahagana saa kumi n’imwe z’umugoroba.

Muri ayo masaha nibwo yajyanywe ku kigo nderabuzima cya Kibirizi n’abo bamwohereza ku bitaro bya Nyanza ariko aranga arapfa.

Ababonye umurambo we bavuga ko yari yakomerekejwe bikomeye mu mutwe, ku ijosi no ku maboko.

Yavaga n’amaraso menshi mu matwi no mu kanwa.

Abakozi b’Urwego rw’ubugenzacyaha batangiye gukorra iperereza kuri icyo kibazo nk’uko Umuyobozi w’Akarere ka Nyanza Erasme Ntazinda yabibwiye itangazamakuru.

Birakekwa nyakwigendera yishwe n’umugore we w’imyaka 41 y’amavuko babanaga byemewe n’amategeko.

Abaturanyi babo bavuga  bari babanye nabi ngo k’uburyo uyu mugore yanabyaye umwana utari uwa nyakwigendera akaba yarererwaga muri urwo rugo.

Abagenzacyaha baracyashakisha ngo bamenye icyo uriya mugabo yicishijwe.

Abatuye Umurenge wa Kibirizi n’Akarere ka Nyanza by’umwihariko basabwe kwirinda amakimbirane kandi aho bumvise anugwanugwa bakabibwira ubuyobozi kugira habeho gukumira icyaha.

TAGGED:featuredKwicaNyanzaUbugenzacyahaUmugaboUmugore
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Syria: Islamic State Yishe Abantu 53
Next Article Nishimiye Kuzahatana Na Froome Muri Tour Du Rwanda-Moïse Mugisha
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingwe: Inyamaswa Ibayeho Icunganwa N’Intare

Guinée: Bidasubirwaho Mamadi Doumbouya Yatsinze Amatora

Asanga Hakwiye Kujyaho Itorero ‘Ryihariye’ Ry’Abagabo

Menya Ahaza Kurasirwa Ibishashi Birangiza 2025

Muhanga: Umunyamategeko Yakatiwe Gufungwa Imyaka 15

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Jean-Pierre Bemba Arasabwa Kwegura

Ndayishimiye Ati: “ Twe Turaterwa Ntidutera!”

Kirehe: Abimuwe Kubera Urugomero Rwa Rusumo Bagiye Gutaha Inzu Nshya

Polisi Yafashe Abibaga Abatuye Ikirwa Cya Nkombo

Bunyoni Ararembye

You Might Also Like

Mu Rwanda

Rutaremara Agaya Ababyeyi Bahariye Abayaya Uburere Bw’Abana

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abanyeshuri Barasubira Ku Ishuri Guhera Kuri Uyu Wa Gatandatu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Kamonyi: Abagabo Bahaye Umwana Inzoga Bose Irabica

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Guinée: Doumbouya Yatsinze Amatora 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?