Umuhanzi wo muri USA witwa Teddy Riley ari mu Rwanda, araganira n’abanyamakuru

Riley ku rwibutso rwa Gisozi

Teddy Riley ni umuhanzi wo muri USA.Yavutse taliki 8, Ukwakira, 2020. Yandika indirimbo, akaziririmba akanatunganya amajwi muri studio.

Mu masaha y’igicamunsi ari buhe ikiganiro abanyamakuru.

Riley aratanga kiriya kiganiro ari kumwe n’abandi bahanzi bo mu Rwanda.

Edward Theodore Riley afite imyaka 53 y’amavuko. Akora indirimbo zo mu bwoko bwa R&B.

- Advertisement -

Ari mu bahanzi ba mbere batangiye injyana yitwa New jack swing.

Nyuma yo kugira mu Rwanda yahise ajya gusura Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi uri ku Gisozi mu Karere ka Gasabo.

Ni umwe mu bahanzi bakoze muzika mu gihe kirekire gishize
TAGGED:
Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version