Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umuhungu Wa Museveni Yagizwe Umugaba w’Ingabo Zirwanira Ku Butaka
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umuhungu Wa Museveni Yagizwe Umugaba w’Ingabo Zirwanira Ku Butaka

Last updated: 24 June 2021 2:05 pm
Share
SHARE

Perezida wa Uganda Yoweri Museveni yagize umuhungu we Lt Gen Muhoozi Kainerugaba Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka. Yari asanzwe ari umuyobozi w’ingabo zidasanzwe, Special Forces Command.

Mu mpinduka zakozwe kuri uyu wa Kane, Kainerugaba yasimbuye Lt Gen Peter Elwelu wagizwe Umugaba wungirije w’Ingabo za Uganda, UPDF. Muri SFC yasimbuwe na Brig Peter Chandia wari usanzwe amwungirije.

Ni mu gihe Lt Gen Wilson Mbasu Mbadi wari usanzwe ari Umugaba wungirije wa UPDF yazamuwe mu ntera aba general, anagirwa Umugaba Mukuru. Yasimbuye Gen David Muhoozi uheruka kugirwa Umunyamabanga wa Leta ushinzwe umutekano mu gihugu.

Kainerugaba yagizwe Umuyobozi wa Special Forces mu Ukuboza umwaka ushize, ari nawo mutwe ubamo abasirikare barinda Umukuru w’Igihugu.

Yabaye Umuyobozi wa SFC inshuro ebyiri, anaba Umujyanama wa Perezida Museveni mu bikorwa bidasanzwe.

Gen Mbadi yagizwe Umugaba w’Ingabo za Uganda
Museveni yakoze impinduka mu bayobozi bakuru b’ingabo
TAGGED:featuredGen Muhoozi KainerugabaUgandaUPDFYoweri Kaguta Museveni
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article COVID-19: Abanyarwanda Bashishikarijwe Gukorera Hanze
Next Article Mu Rwanda Hagiye Kubakwa Ikigo Gikomeye Kigisha Ikoranabuhanga
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

Knowless Yagiye Tanzania Kuhasohorera Indirimbo

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?