Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umukecuru Rachel Nyiramandwa ‘Wakundaga’ Perezida Kagame Yatabarutse
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Umukecuru Rachel Nyiramandwa ‘Wakundaga’ Perezida Kagame Yatabarutse

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 December 2022 8:11 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukecuru Nyiramandwa Rachel usanzwe ari inshuti ya Perezida Kagame yatabarutse. Yazize uburwayi nk’uko amakuru Taarifa ifite abyemeza.

Ngo yari amaze iminsi  arwariye mu Bitaro bya  Kaminuza bya Butare

Umuyobozi w’Umurenge wa  Gasaka aho uyu mubyeyi yari asanzwe atuye witwa Boniface Nsabimana yaduhamirije aya makuru y’akababaro k’urupfu rw’uyu mubyeyi ariko avuga ko andi makuru arambuye atangwa n’ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamagabe.

Rachel Nyiramandwa yabanaga n’umukobwa we nawe ukuze, wamwitagaho.

Nyiramandwa ari mu bantu bakuru bagaragaje uburyo Perezida Kagame yahaye icyerekezo gikwiye u Rwanda mu bihe byari bigoye ubu rukaba ruhagaze rwemye.

Apfuye afite imyaka 110 y’amavuko nk’uko bivugwa.

Muri Kanama, 2022 Perezida Kagame yasuye uyu mubyeyi baraganira.

Yabikoze mbere gato y’uko ajya kwakirwa n’abaturage bazindutse mu gitondo cya kare ngo bamwakirire kuri Stade ya Nyagisenyi.

Perezida Kagame yari aherutse kumusura iwe baraganira

Amafoto yasohowe ku mbuga nkoranyambaga yerekanaga uriya mubyeyi yambaye imyenda yera yicaye mu ruganiriro bigaragara ko yiteguye umushyitsi w’Imena.

Uyu mukecuru yigeze guhura na Perezida Kagame mu mwaka wa 2010.

 

TAGGED:ButareCHUBfeaturedGasakaIbitaroKagameNyamagabeUmukecuru
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abagenzi Barwaniye Mu Ndege
Next Article Gicumbi: Ibilo Bine Bya Heroin Na Litiro Za Kanyanga Byangijwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

Umuti Meya Wa Muhanga Aha Ibibazo Biri Mu Ngo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?