Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umukinnyi Romami André Fils Akurikiranyweho Gukoresha Ibiyobyabwenge
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Umukinnyi Romami André Fils Akurikiranyweho Gukoresha Ibiyobyabwenge

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 April 2022 1:07 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Romami André Fils wigeze kuba umukinnyi ukomeye wa APR FC na ATRACO FC ndetse akagakina no mu kipe y’igihugu, Amavubi, yatawe muri yombi taliki 24, Werurwe, 2022 akurikiranyweho kunywa urumogi. Nyuma yakorewe idosiye igezwa mu bushinjacyaha nabwo buyigeza mu Rukiko. Urubanza rwe ruzabera mu rukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge.

Yari asanzwe ari n’umutoza w’abana.

Yakinnye  mu Burundi mu ikipe ya Vitalo akina ari umunyezamu.

Twamenye ko yafatiwe iwe amaze kunywa urumogi kandi ngo uwo bari bari kumwe we aracyashakishwa.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Yafatiwe mu Mudugudu wa Murambi, Akagari ka Kabuguru ya I, mu Murenge wa Rwezamenyo mu Karere ka Nyarugenge.

Taliki 11, Mata, 2022 nibwo Urukiko rwanzuye ko afungwa iminsi 30 y’agateganyo.

Bivugwa kandi ko yakorewe isuzumwa muri Laboratwari y’igihugu, Rwanda Forensic Laboratory, basanga mu maraso ye harimo igipimo cyo hejuru cy’urumogi.

Icyo amategeko ateganya  mu muntu uhamijwe icyaha cyo gukoresha ibiyobyabwenge

Kunywa ibiyobyabwenge bihanwa n’ingingo ya 11 y’Itegeko Nº69/2019 ryo ku wa 08/11/2019 rihindura itegeko Nº68/2018 ryo ku wa 30/08/2018 riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange.

- Advertisement -

Igifungo kitari cy’umwaka umwe ariko kitarenze imyaka ibiri cyangwa imirimo y’inyungu rusange.

TAGGED:AmavubiAPRfeaturedIbiyobyabwengeRomamiUmukinnyi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Toranya Neza Ibyo Usoma
Next Article Umuganda Rusange Ni Uburyo Bwo Kwishakamo Ibisubizo- Meya W’Umujyi Wa Kigali
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?