Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umukinnyi Romami André Fils Akurikiranyweho Gukoresha Ibiyobyabwenge
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Umukinnyi Romami André Fils Akurikiranyweho Gukoresha Ibiyobyabwenge

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 April 2022 1:07 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Romami André Fils wigeze kuba umukinnyi ukomeye wa APR FC na ATRACO FC ndetse akagakina no mu kipe y’igihugu, Amavubi, yatawe muri yombi taliki 24, Werurwe, 2022 akurikiranyweho kunywa urumogi. Nyuma yakorewe idosiye igezwa mu bushinjacyaha nabwo buyigeza mu Rukiko. Urubanza rwe ruzabera mu rukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge.

Yari asanzwe ari n’umutoza w’abana.

Yakinnye  mu Burundi mu ikipe ya Vitalo akina ari umunyezamu.

Twamenye ko yafatiwe iwe amaze kunywa urumogi kandi ngo uwo bari bari kumwe we aracyashakishwa.

Yafatiwe mu Mudugudu wa Murambi, Akagari ka Kabuguru ya I, mu Murenge wa Rwezamenyo mu Karere ka Nyarugenge.

Taliki 11, Mata, 2022 nibwo Urukiko rwanzuye ko afungwa iminsi 30 y’agateganyo.

Bivugwa kandi ko yakorewe isuzumwa muri Laboratwari y’igihugu, Rwanda Forensic Laboratory, basanga mu maraso ye harimo igipimo cyo hejuru cy’urumogi.

Icyo amategeko ateganya  mu muntu uhamijwe icyaha cyo gukoresha ibiyobyabwenge

Kunywa ibiyobyabwenge bihanwa n’ingingo ya 11 y’Itegeko Nº69/2019 ryo ku wa 08/11/2019 rihindura itegeko Nº68/2018 ryo ku wa 30/08/2018 riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange.

Igifungo kitari cy’umwaka umwe ariko kitarenze imyaka ibiri cyangwa imirimo y’inyungu rusange.

TAGGED:AmavubiAPRfeaturedIbiyobyabwengeRomamiUmukinnyi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Toranya Neza Ibyo Usoma
Next Article Umuganda Rusange Ni Uburyo Bwo Kwishakamo Ibisubizo- Meya W’Umujyi Wa Kigali
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

Umukinnyi Ukomeye Wa Kepler WBBC Yaguzwe Na REG WBBC

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Umuhuza Wa Afurika Yunze Ubumwe Mu Kibazo Cy’u Rwanda Na DRC Ari i Kigali

Mobicash Yabaye Ihagaritswe 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

‘Board Of Peace’ Ya Trump Ni Iki?

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Burundi: Haravugwa Guhangana Hagati Ya Ndayishimiye N’Umunyamabanga  Wa CNDD-FDD

U Rwanda Rurashaka Ko Ubwongereza Buruha Amafaranga Yarwo Yose

Kigali: Umusore Yishe Mugenzi We Amuziza Umukobwa

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Inama Y’Igihugu Y’Umushyikirano Iragarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?