Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umunyamakuru Mecky Kayiranga Yasohoye ‘Indirimbo Ye Ya Mbere’ Y’Urukundo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Umunyamakuru Mecky Kayiranga Yasohoye ‘Indirimbo Ye Ya Mbere’ Y’Urukundo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 June 2021 4:23 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mecky Kayiranga asanzwe ari umwanditsi muri kimwe mu binyamakuru bikorera kuri Murandasi mu Rwanda. Yasohoye indirimbo ya mbere ivuga iby’urukundo mu bantu mu gihe afite izindi zirenga 16 zivuga ku buzima busanzwe.

Iyo yasohoye kuri iyi nshuro yayikoreye mu Karere ka Musanze, ahitwa mu Kizungu, ikaba yaramutwaye miliyoni 1 Frw.

Mecky Kayiranga yayise Garuka.

Iyi ndirimbo yari yarabanje kuyikorera amajwi gusa, ariko ubu yayishyize no mu mashusho.

Iri ‘mu njyana ituje’ kandi Mecky Kayiranga avuga ko izakurikirwa n’izindi ndirimbo nyinshi zizasohoka mu buryo bw’amajwi hamwe n’amashusho mu mezi ari imbere.

Amashusho y’iyi ndirimbo yakozwe na Producer Prince Layer.

Mecky yabwiye Taarifa ko ari yo ndirimbo ya mbere akoze mu buryo bw’amashusho. Ikaba izakurikirwa n’izindi ndirimbo nyinshi zizasohoka mu buryo bw’amajwi hamwe n’amashusho mu gihe kitarambiranye.

Indirimbo y’uyu munyamakuru:

TAGGED:IndirimboKayirangaMecky
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gari Ya Moshi Ebyiri Zagonganye Hapfa Abantu 50
Next Article Senegal ‘Izatangira’ Gukora Inkingo Za COVID-19 Umwaka Utaha
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

You Might Also Like

IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Aline Gahongayire Arashaka Kwamamaza Umuziki We Muri Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduro

Abagendera Muri Rwandair Bazajya Bareberamo ‘Filimi Nyarwanda’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduro

Nyuma Y’Imyaka Babana, Sonia Rolland Yakoze Ubukwe Ashagawe N’Abakobwa Be

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduro

Davido Yashyizwe Mu Kigo Gitegura Grammy Awards

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?