Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umuraperi W’Umunyarwanda Aranenga Bagenzi Be
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Umuraperi W’Umunyarwanda Aranenga Bagenzi Be

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 January 2023 7:38 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ama G The Black ( amazina ye ni Hakizimana Amani) yavuze ko abahanzi nyarwanda bo muri iki gihe baririmba ‘ibintu bitumvikana.’ Avuga ko biterwa no ‘kudabagira.’

Kudabagira ni inshinga y’Ikinyarwanda gikuru ivuga guteta kandi ukuze, ibintu byose ukibwira ko bikorwa nta mvune yabyo.

Mu kiganiro Amag The Black aherutse guha itangazamakuru yavuze ko iyo arebye abahanzi b’ubu, asanga baradabagiye, ari abantu ba ‘bize ngarame.’

Yibanze cyane kuri bagenzi be bakora Hip Hop agira ati: “Iyi New generation yaradabagiye ariko icyo nayikundiye irafatanya, ikindi navuga ni uko ibintu baririmba ntabyumva.”

Yatanze  urugero rw’indirimbo yahuje Ariel Wayz na Kivumbi bise  ‘Demo’ avuga ko ataba abyumva ariko biba biryoshye.

Hari n’indi ndirimbo  yitwa ‘Ku cyaro’ ya Mistaker yakomojeho.

Ati: “Niba umuntu avuze ngo ku cyaro ntasobanure ngo ku cyaro habaye iki! Byagenze gute! Baraducanga, ntabwo biba byumvikana rwose.”

Amag The Black yavuze ko aho kugira ngo abahanzi bajye baririmba ibintu abantu batumva, ibiri amambo bajya bababa umuziki utaragira amagambo akaba ari wo bibyinira kuko wo uba ubyinitse.

Ngo byaruta abantu bagiye bibyinira ‘beat’ gusa.

Ama G The Black  agira abahanzi inama ko bakwiye kujya bafatirana amahirwe bafite bigishoboka.

Avuga ko mu gihe umuhanzi agikunzwe aba akwiye kugira inzu ku buryo igihe byanze yazagira icyo asigarana aho kubona amafaranga bakayajyana mu biyobyabwenge.

Yavuze ko umuhanzi uzi ubwenge yagombye no gushaka agafaranga yashora mu mishanga izamugoboka umunsi azaba yarazimye.

The Black aherutse gusohora indirimbo yise ‘Twese turi abapagani’.

Avugamo ko  n’ubwo abantu benshi bigira beza, ibikorwa byabo bibagaragaza nk’abapagani.

 

TAGGED:AbahanziAmagIndirimboUmuraperi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Huye: Ikamyo Ya Howo Yishe Umwana
Next Article Gérard Bi Goua Gohou Wakiniraga Kazakhstan Yayisezeye Aza Mu Amavubi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Jean-Pierre Bemba Arasabwa Kwegura

Abanyarwanda Bumve Ko Batekanye- ACP Rutikanga

Kirehe: Abimuwe Kubera Urugomero Rwa Rusumo Bagiye Gutaha Inzu Nshya

BRD Yahawe Umuyobozi Mushya

Musanze: Polisi Yabatunguye Bari Gukora Inzoga Zitemewe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ababitse Ibitabo By’Amateka Y’u Rwanda Barasabwa Kubishyira Inkoranyabitabo Y’Igihugu

Kagame Yibukije Abanyamuryango Ba FPR-Inkotanyi Ko Ruswa Ikiri Ikibazo

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Ntizemerewe Gucumbikirwa Mu Miryango 

Rwanda:Abagore Bakina Shampiyona Y’Umupira W’Amaguru Banenga Imisifurire

Ikawa Niyo Yinjirije u Rwanda Menshi Mu Bihingwa Rwagurishije Mu Mahanga

You Might Also Like

Imyidagaduro

DJ Toxxyk Akurikiranyweho Kugonga Umupolisi Agapfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Mu Mafoto: Uko Jeannette Kagame Yahaye Abana Noheli

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Abazitabira Igitaramo Cya Alexis Dusabe Bazagura Tike Kuri Airtel Money 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Kitoko Bibarwa Agarutse Mu Rwanda Ari Intiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?