Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umurusiya Wiyicishaga Inzara Yavuye Ku Izima
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umurusiya Wiyicishaga Inzara Yavuye Ku Izima

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 April 2021 3:32 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Aleksei A. Navalny wari umaze ibyumweru bitatu yiyicisha inzara kugira ngo arebe ko ubutegetsi bwa Vladimir Putin bwamurekura yavuye ku izima. Yabihagaritse nyuma yo kubigirwamo inama n’abaganga be.

Nyuma yo kubihagarika yabwiye abanyamakuru ko yabiretse kubera ko ngo yegeze ku byo yifuzaga.

Uyu mugabo yari yaratangiye kwiyicisha inzara guhera tariki 31, Werurwe, 2021.

Icyo gihe hari mu buryo bwo kugira ngo yereke ubutegetsi bw’u Burusiya ko ibyo bumukorera bidakwiye.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Nyuma yo kubona ko ashobora kuhasiga ubuzima kandi ko yageze kubyo yifuzaga mu rugero runaka yahisemo kubihagarika.

Yabwiye The New York Times ko ari we wihitiyemo abaganga bagomba kumufasha kongera kuzanzamuka.

Yanditse kuri Instagram ye ati: “ Abaganga nihitiyemo kandi nizera neza nibo bamfashije kugarura ubuyanja.”

Uyu mugabo yigeze kurogwa nabwo agarukira kure.

Icyo gihe yari yararogewe mu Budage .

- Advertisement -
TAGGED:AbanyamakurufeaturedInzaraNavalnyUburoziUmurusiya
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Hasinywe Amasezerano Yo Gufasha Abaturage Gukora Ku Ifaranga
Next Article Kuko COVID-19 Ihari Gusaranganya Ibikoresho Byo Kuyirwanya Biracyari Ngombwa- Kagame
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?