Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umuti Wa Mbere Urinda Abageze Mu Zabukuru Indwara Yo Kwibagirwa Wakozwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubumenyi Rusange

Umuti Wa Mbere Urinda Abageze Mu Zabukuru Indwara Yo Kwibagirwa Wakozwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 June 2021 8:09 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abantu bakuru  bafite guhera ku myaka 75 kuzamura bakunze kugira ikibazo cyo kwibagirwa.Ubu muri Amerika hakozwe umuti wa mbere urinda ko uturemangingo nyabwonko dushinzwe kubika amakuru mu gihe kirekire twangirika.

Abasoma Taarifa bazi neza ko hari ubwo abantu bakuru babigirwa cyane kugeza n’ubwo bibagirwa amazina y’abo babana.

Umuti wakozwe n’ikigo gikora imiti cyo muri Amerika kitwa Biogen cyakoze umuti uhabwa abasaza cyangwa abakecuru ukarinda ko protein yitwa amyloid  yangiza igice cy’ubwonko gishinzwe kwibuka, umuntu akazageza ubwo yibagirwa byinshi harimo nawe ubwe.

Umuti wakozwe bawise aducanumab kandi kugeza ubu Ikigo cy’Amerika gishinzwe imiti kitwa US Food and Drug Administration (FDA) cyemeza ko uriya muti ufite akamaro.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Kugeza ubu hari Abongereza 100 000 bitaguye kuzahabwa uriya muti nuramuka wemejwe n’ikigo cyabo gishinzwe imirimo imwe n’imwe ifitiye igihugu akamaro.

Muri Amerika hari abaturage 3000 bawuhawe kandi ibizami byakozwe nyuma byerekanye ko hari akamaro wagize

Ku rundi ruhande ariko, hari abahanga basaba abantu kwirinda gutangira kubyinira ku rukoma kuko uriya muti utarageragerezwa ku bageze mu zabukuru bo mu bihugu n’amoko atandukanye kugira ngo harebwe niba ari ingirakamaro kuri bose kandi ku rugero rumwe.

Hari ibyuma bishinzwe gupima uko ubwonko bw’abantu busaza

Protein yitwa Amyloid niyo ituma  mu bwonko hazamo ibibazo bituma umuntu ukuze cyane atabsaha kwibuka no gutekereza mu buryo busanzwe, ahubwo bigakora gake.

Iteza kandi ibibazo butuma umuntu ukuze atavuga neza, akavuga arandaga.

- Advertisement -

Hari umuhanga mu mikorere y’ubwonko wabwiye BBC ko n’ubwo buriya bushakashatsi ari ingirakamaro, ariko buri bukome mu nkokora umuhati wari umaze igihe kirekire ushyirwaho n’abahanga ngo babanze basobanukirwe neza inzira bicamo kugira ngo ubwonko bw’umuntu busaze kugeza ubwo bwibagirwa n’amazina ya nyirabwo.

Dr Robert Howard avuga ko abahanga bagombye gukorana hagati y’abahanga ari ingenzi kugira ngo hatazagira abatambamira abandi mu rugamba rwo kumenya ibyihishe inyuma yo gusaza no kwibagirwa k’ubwonko bwa muntu.

Indwara itera abantu kwibagirwa bayita  Alzheimer.

TAGGED:AbagezeAmerikafeaturedIndwaraIzabukuru
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Dosiye Ya Karasira Yagejejwe Mu Bushinjacyaha
Next Article Umunyarwanda Yiciwe Urw’Agashinyaguro Muri Uganda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Misa Ya Mbere Ya Papa Leo XIV Yasomewe Ku Mva Ya Papa Francis

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?