Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umuyobozi Mushya Wa RIB Yashimye Akazi Kakozwe N’Uwo Asimbuye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

Umuyobozi Mushya Wa RIB Yashimye Akazi Kakozwe N’Uwo Asimbuye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 April 2025 8:28 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Ruhunga aganira na Kayigamba uje kumukorera mu ngata.
SHARE

Colonel Pacifique Kabanda Kayigamba yaraye atangiye inshingano zo kuyobora Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB). Yashimiye uwo yasimbuye Col( Rtd) Jeannot Ruhunga ku mirimo myiza yakoreye uru rwego mu myaka umunani yari aruyoboye.

Kayigamba Kabanda kandi yashimiye Umukuru w’Igihugu wamugiriye icyizere cyo kuyobora Urwego rufite uruhare runini mu guha Abanyarwanda ubutabera, aboneraho kuvuga ko azakomereza aho mugenzi we yari agejeje.

Avuga ko azakora uko bishoboka n’uko bigenwe akageza RIB kuri byinshi kandi byose bigakorwa mu mucyo.

Col (Rtd) Jeannot K Ruhunga nawe yashimiye Perezida Paul Kagame wamugiriye icyizere cyo kumuha urwego rwari rushya kandi akaba atararetse gukomeza kubaha impanuro z’uburyo bwo kurushaho kuzuza izo nshingano.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ruhunga ashima urwego asize RIB igezeho, kandi akifuriza umusimbuye kuzarushaho kuyiteza imbere.

Col Pacifique Kayigamba Kabanda yari asanzwe ari Umushinjacyaha Mukuru wa Gisirikare kuva ku wa 30, Mata, 2024.

Ingingo ya 20 y’itegeko rishyiraho RIB, iteganya ko Umunyamabanga Mukuru agira manda y’imyaka itanu ariko ishobora kongerwa rimwe gusa.

TAGGED:IhererekanyabubashaRIBRuhungaUbugenzacyahaUbuyobozi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rwatashye Uruganda Rukora Inshinge Zo Kwa Muganga
Next Article DRC: I Kisangani Batewe Ubwoba N’Uko M23 Iri Hafi Kuhasesekara
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?