Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umuyobozi W’Inyeshyamba Muri Sudani Yavuze Uko Yakwigira Ku Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Umuyobozi W’Inyeshyamba Muri Sudani Yavuze Uko Yakwigira Ku Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 January 2024 10:37 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Gen Hamdan Dagalo uyobora inyeshyamba za Rapid Support Force zihanganye na Leta ya Sudani yasuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ruri ku Gisozi mu Karere ka Gasabo. Yanditse mu gitabo cy’abashyitsi ko Sudani hari ibyo yakwigira ku bumwe bw’Abanyarwanda.

Yanditse ati: “ Twe abanya Sudani hari intambara turi kurwana. Iyi ntambara yari ikwiye kuba iya nyuma ubundi tugaharanira kubaka amahoro arambye.”

Dagalo yeretswe amateka yaganishije kuri Jenoside yakorewe Abatutsi n’uko u Rwanda rwayigobotoye

Uyu musirikare mukuru amaze igihe gito mu Rwanda.

Yaje kuganira n’ubuyobozi bwarwo uko intambara iri kubera muri Sudani yarangira, igihugu kikongera kwiyubaka.

Gen Hamdan Dagalo agiye kumara imyaka hafi ibiri arwana n’ubutegetsi bwa Gen Abdel Fattah al-Burhan bapfa byinshi birimo no kumenya uwayobora iki gihugu n’aho yakigeza mbere yo gusubiza ubutegetsi abaturage.

Dagalo ni umurwanyi ubimazemo igihe kubera ko yayoboye umutwe w’Aba Janjaweed warwanye intambara na Perezida Omar al Bashir guhera mu mwaka wa 2003 kuzamura.

Icyo gihe u Rwanda rwabaye urwa mbere mu kwamagana ubwicanyi bwaberaga muri Darfur ndetse rwohereza yo ingabo ngo zibihoshe.

Umutwe w’aba Janjaweed wari uhanganye n’undi mutwe witwa Sudan Liberation Movement/Army n’undi mutwe witwa Justice and Equality Movement.

Aba Janjaweed ni ubwoko bw’Abarabu bakorera muri Sudani, Libya, Yemen na Chad.

TAGGED:Aba JanjaweedDagalofeaturedSudaniUmusirikare
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gakenke: Harateganywa Ubukerarugendo Bushingiye Ku Ikawa N’Imisozi Miremire
Next Article Mbere Yo Kuza Mu Rwanda Umwami Wa Jordanie Yaganiriye Na Antony Blinken
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Minisitiri W’Intebe Yakiriye Abanyarwanda Bitabiriye UCI

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?