Urukiko Rwanzuye Ko Uwateguraga Irushanwa Rya Miss Rwanda Akomeza Gufungwa

Inteko iburanisha urubanza Ubushinjacyaha buregamo uwitwa Ishimwe Dieudonné yanzuye ko akomeza gufungwa iminsi 30 mu gihe iperereza ku byaha akekwaho rigikomeje.

Uyu musore akurikiranyweho ibyaha by’ihohoterwa rishingiye ku gitsina.

Akurikiranywe ibyaha bishingiye ku ihohotera rishingiye ku gitsina byakorewe abakobwa bitabiriye irushanwa rya Miss Rwanda  mu bihe bitandukanye.

- Advertisement -

Nyuma y’ifungwa rye, haje gukurikiraho gufunga undi mukobwa wigeze kwambara ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda witwa Iradukunda Elsa wari ukurikiranyweho impapuro mpimbano.

Umwe Mu Babaye Miss Rwanda Arafunzwe

Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version