Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Urukiko Rwemeje Ko Ikirego DRC Yareze u Rwanda Gifite Ishingiro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Urukiko Rwemeje Ko Ikirego DRC Yareze u Rwanda Gifite Ishingiro

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 June 2025 2:21 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Inteko iburanisha y'uru rukiko ubwo yanzuraga.
SHARE

Urukiko rwa Afurika rushinzwe uburenganzira bwa muntu rwanzuye ko ibyo u Rwanda rwari rwaratanze nk’impamvu rudakwiye kwakira no kuburanisha ibirego DRC irurega, zidafite ishingisho.

Hashize igihe DRC ireze u Rwanda ko rumaze igihe kirenga imyaka 30 ruyitera, ibintu rwahakanye ndetse abari baruhagarariye muri uru rubanza bakavuga ko ibyo ‘atari byo’, ko urukiko rwaregewe rudafite ubushobozi bwo kuburanisha icyo kirego, bityo ko kidakwiye kwakirwa.

Inteko iburanisha muri uru rukiko ruri i Arusha muri Tanzania kuri uyu wa Kane yanzuye ko ingingo u Rwanda rwatanze rwisobanura ku byo DRC yaruregaga bitakiriwe.

Rwanzuye ko ‘rufite’ ubushobozi bwo kwakira ikirego cya Kinshasa no kukiburanisha, ruhita rusaba u Rwanda ko mu bitarenze iminsi 90 rugomba kuba rwatanze ibisobanuro bikubiyemo uko rwiregura kuri ibyo birego.

Urukiko rwanzuye ko nyuma y’uko u Rwanda rutanze ibisobanuro kuri iyo ngingo, Repubulika ya Demukarasi ya Congo ikazaba ifite iminsi 40 yo gutanga ibisubizo kuri byo, byose bikazaherwaho Urukiko rufata umwanzuro wa nyuma.

Ubwo twatangazaga iyi nkuru, ntacyo u Rwanda rwari rwatangaje kuri icyo cyemezo…

TAGGED:CongofeaturedIkiregoRwandaUbuyoboziUmwanzuroUrubanzaUrukiko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uganda:Uwayoboye Ubutasi Bwa Gisirikare Yoherejwe Mu Burundi 
Next Article Kaminuza Y’U Rwanda Ishimirwa Ko Yumviye Inama Z’Umugenzuzi W’Imari
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hafi Kimwe Cya Kabiri Cy’Ibyo u Rwanda Rwohereza Mu Muhanga Gikomoka Ku Buhinzi- PM Nsengiyumva

Amerika Ntishaka Umusirikare Wayo Ubyibushye

Nyuma Y’Imyaka Babana, Sonia Rolland Yakoze Ubukwe Ashagawe N’Abakobwa Be

Drone Y’Ingabo Za DRC Yagabye Igitero Ku Birindiro Bya AFC/M23

U Rwanda Rugiye Gushinga Ikigo Gitoza Gukumira Ibitero By’Ikoranabuhanga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Yabwiye UN Ko Igihe Kigeze Afurika Igahagararirwa Mu Kanama Kayo K’Umutekano

Ambasaderi Nyamvumba Yahaye Rayon Sports Umukoro

Kagame Yabwiye Abateguye UCI Ko Bahawe Ikaze Mu Rwanda Igihe Cyose Bazashakira

Abangavu B’Abanyarwakazi Batsinzwe Bahabwa Amadolari

Rwanda: Umunya Slovenia Atwaye Isiganwa Ry’Isi Mu Bagabo Batwara Igare

You Might Also Like

IbidukikijeMu mahangaUbumenyi N'Ubuhanga

Umuhanga Wabwiye Isi Imibereho Y’Impundu Jane Goodall Yapfuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUbukungu

Hatangijwe Ihuriro Ry’Abashoramari Bo Mu Bwongereza Bakorera Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Ivuga Ko Isiganwa Rya UCI Ryasukuye Ikirere Cya Kigali

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukunguUmutekano

RIB Yavumbuye Amayeri Akomeye Bakoresha Biba Amadolari 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?