Urwego Rw’Igihugu Rw’Amakoperative Rwahawe Umuyobozi Mushya

Ibiro bya Minisitiri w’Intebe byatangaje ko guhera kuri uyu wa Kane taliki 10, Kanama, 2023 Ikigo cy’igihugu cy’amakoperative gitangira kuyoborwa na Dr.Patrice Mugenzi.

Aje asimbura Madamu Pacifique Mugwaneza wari umuyobozi w’iki kigo by’agateganyo.

Itangazo rishyiraho Dr Mugenzi muri uyu mwanya

Dr Mugenzi ni umuhanga mu by’ubuhinzi n’ubworozi akaba yari umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda.

Mugwaneza yari aherutse guha ikiganiro Taarifa avuga ko bibazo abona ko bikwiye kwitabwaho kugira ngo amakoperative yo mu Rwanda atere imbere.

- Advertisement -
Pacifique Mugwaneza

Soma ikiganiro:

Ubukangurambaga Mu By’Imari Burakenewe- Ikiganiro N’Umuyobozi Wa RCA

Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version