Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: USA: Indege Yarimo Abantu 60 Yagonganye Na Kajugujugu Ya Gisirikare
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

USA: Indege Yarimo Abantu 60 Yagonganye Na Kajugujugu Ya Gisirikare

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 January 2025 8:00 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Muri Leta zunze ubumwe z’Amerika habereye impanuka y’indege yari irimo abagenzi 60 n’abayikoramo bane yagonganye na kajugujugu ya gisirikare yari irimo abantu bane.

Polisi ishinzwe umutekano wo mu kirere yahise itangira gushakisha niba ntabayirokotse baba bakiri mu mazi y’umugezi wa Potomac ufa rwagati muri Washington DC.

Amakuru BBC ikesha ikigo cya Amerika gishinzwe iby’indege, Federal Aviation Administration (FAA), avuga ko Perezida Donald Trump yihanganishije ababuriye ababo muri iyo mpanuka.

Yashimiye abatabazi umurimo ukomeye bari gukora ngo barebe ko hari abagihumeka.

Bivugwa ko iyi mpanuka yabaye ubwo iriya ndege yiteguraga kugwa ku kibuga cy’indege cya Reagan Washington National Airport.

Polisi yo muri kiriya gice iri gukorana n’abandi bashinzwe kuzimya inkongi ngo ubutabazi bugezwe henshi no kuri benshi bashoboka.

Kajugujugu ya Amerika yakoze impanuka ni iyo mu bwoko bw’izikomeye zitwa Black Hawk zisanzwe zifashishwa mu ntambara Abanyamerika barwana hirya no hino ku isi.

CBS News ivuga ko nta mubare w’abaguye muri iriya mpanuka uratangazwa, icyakora ubwoba bw’uko bose baba bahasize ubuzima ni bwose.

TAGGED:AmerikaImpanukaIndegeTrumpWashington
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kagame Ati: Ibiri Kubera DRC Biza Ninde Utarabirebaga?
Next Article Tshisekedi Yasezeranyije Abaturage Kwisubiza Aho M23 Yafashe Hose
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?