Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uwahoze Ayobora RCA Agiye Kujya Mu Rukiko
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Uwahoze Ayobora RCA Agiye Kujya Mu Rukiko

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 September 2023 1:42 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri uyu wa Gatatu taliki 27, Nzeri, 2023 biteganyijwe ko Prof Jean Claude Harerimana wahoze uyobora Ikigo cy’igihugu cy’amakoperative, RCA, azitaba urukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge.

Ni urubanza ruzibanda ku ifungwa cyangwa ifungurwa ry’agateganyo ry’uyu mugabo wavuzeho ibyaha by’ubugome nk’uko iperereza ry’ibanze ryakozwe n’Ubugenzacyaha, RIB, ryabyanzuye.

Akekwaho ibyaha by’ubugome bihanishwa igifungo cy’imyaka iri hagati y’itanu(5) n’imyaka irindwi(7).

Kuri uyu wa Kane taliki 14, Nzeri, 2023 nibwo Prof Jean Bosco Harerimana yatawe muri yombi.

Ubugenzacyaha bwavugaga ko ibyo byaha by’ubugome yabikoze igihe yayoboraga RCA,

Birimo gutanga isoko rya Leta mu buryo bunyuranyije n’amategeko n’ibindi.

TAGGED:HarerimanaRCAUbugenzacyahaUrukiko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uko Wagenzura Amarangamutima Yawe Mu Gihe Kigoye
Next Article U Rwanda Rugiye Kuberamo Imyitozo Y’Ingabo Za EAC
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Kagame Ararahiza Abaherutse Guhabwa Inshingano

Abasura Kibeho Babura Aho Bavunjisha Amadolari

Impuguke Z’Abashinwa Zaganiriye Na FPR Inkotanyi 

Niba Amahanga Ashaka Amahoro Abwire Abarundi Bave Muri DRC- Nduhungirehe 

Kwinjira Muri Amerika Bigiye Kugora Abakoresheje Imbuga Nkoranyambaga Uko Itabishaka

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko Kugonganisha Ibigo Bitubura Imbuto Byakoze K’Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubuhinzi

Kayonza: Nyemazi Yazize Kubuza Abaturage Gusuhuka Kubera Inzara

Busabizwa Yatanze Kopi Z’Impapuro Zo Guhagararira u Rwanda Muri Guinée Equatoriale

Rwanda: Utubari Tugiye Kujya Dufunga Mu Rukerera

U Rwanda Rufunze Abanyamahanga 500 -RCS

You Might Also Like

Mu Rwanda

Mozambique: Perezida W’Inteko Kazarwa Yasuye Isoko Ryubatswe Mu Mwaka Wa 1900

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Bugesera: Abaturage Bugarijwe N’Inzara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abanyamahanga Benshi Bafungiwe Mu Rwanda Ni Abo Muri EAC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Nyanza: Polisi Irashakisha Umugabo Ukekwaho Kwica Umugore We

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?