Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Yasabye Urukiko Gushyira Mu Bikorwa Igihano Cy’Urupfu Rwamukatiye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Yasabye Urukiko Gushyira Mu Bikorwa Igihano Cy’Urupfu Rwamukatiye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 December 2022 4:06 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kwica uwahoze ari inshuti y’uwo  bakundanaga mu mwaka wa 2002 agakatirwa urwo gupfa  mu mwaka wa 2010 ariko ntibishyirwe mu bikorwa kuko yajuriye, Aaron Gunches yasabye urukiko rukuru rwa Leta ya Arizona kumwica, ibintu bikava mu nzira!

Uyu Munyamerika mu mwaka wa 2002 yishe umusore wahoze ari inshuti y’umukobwa bakundanaga nyuma y’intonganya bagiranye.

Mbere y’uko amwica bari barabanje kugirana intonganya, undi agenda azi ko byarangiye, hanyuma uyu musore aza kumutega igico aramwica amuzinga mu mashashi ajya kumujugunya mu kimpoteri.

Yasabye urukiko ko niba rwaranze ubujurire bwe, ibyiza ari uko rwashyira mu bikorwa igihano yahawe, ikicwa bikagira inzira

Nyuma yo kuburana asaba ko yajurira ariko urukiko rukabyimana amatwi, Aaron Gunches yandikiye urukiko ibaruwa arusaba ko rwashyira mu bikorwa igihano rwamukatiye[cy’urupfu], ibye bikava mu nzira hanyuma n’abahemukiwe bagahabwa ubutabera.

Biteganyijwe ko ubusabe bw’uyu mugabo buzasumwa ubwo hazaba hagiyeho umushinjacyaha mukuru mushya witwa Katie Hobbs kuko uwari usanzweho witwa Mark Brnovich we yarangije manda.

Leta ya Arizona ifite abantu 110 bakatiwe urwo gupfa.

TAGGED:AmerikaArizonaIgihanoUrupfu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article ‘Abikorera’, Traffic Police, REG…Inzego Zivugwamo Ruswa Kurusha Izindi Mu Rwanda
Next Article Abanyarwanda Bahuguwe Uko Batwara Ubwato Bw’Imizigo Iremereye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbuzima

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?