Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: ‘YE’: Izina Rishya Rya Kanye West
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

‘YE’: Izina Rishya Rya Kanye West

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 October 2021 1:53 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Copyright Shutterstock 2018;76561694;3500;2533;1543953415;Tue, 04 Dec 2018 19:56:55 GMT;0
SHARE

Umuraperi wo muri Amerika witwaga Kanye West yahinduye izina rye mu buryo budasubirwaho yiyita Ye.

Muri Kanama, 2021 nibwo yari yandikiye urukiko asaba ko rwamwemerera guhindura izina, akitwa Ye.

Icyo gihe yavuze ko arihinduye kubera ‘impamvu ze bwite.’

Uyu muraperi w’imyaka 44 y’amavuko yanditse kuri Twitter ati: “ Njye mwari muzi nka Kanye West, ubu ndi YE”

Mu mwaka wa 2018 hari alubumu yasohoye yise Ye.

Hari abavuga ko izina Ye ari impine ya Kanye West kandi ngo rifite ubusobanuro bufite aho buhuriye n’imyizerere ya Kanye.

Hari umunyamakuru wa Radio yitwa Big Boy yigeze kubwira ko Ye  rifite aho ryanditse muri Bibiliya.

Yabimubwiye mu mwaka wa 2018.

‘Ye’ aherutse gusohora alubumu yise Donda iriho indirimbo 27 zishobora gucurangwa mu gihe cy’amasaha abiri zidahagaze.

Bivuze ko buri ndirimbo imara byibura iminota ine.

Kanye West wahinduye izina akiyita Ye aherutse gutandukana n’uwahoze ari umugore we witwa Kim Kardashian.

Bafitanye abana bane.

Kim na Kanye( ubu wabaye Ye) bari mu byamamare bikomeye kurusha ibindi ku isi.

TAGGED:AmerikafeaturedKanyeUmuhanziUmuraperiYe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abanyarwanda Babiri Bigaga Muri Kaminuza Bafungiwe Muri Uganda
Next Article U Burundi Bwashyikirije U Rwanda Abarwanyi 11 Ba FLN
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abanyamakuru B’i Goma Baganiriye N’Ab’i Rubavu Ku Mikoranire

U Rwanda Rwatsinze Uganda Mu Mikino Ya Handball

Kuki Amasezerano Y’Amahoro Akunze Kudakurikizwa?

Dusigaye Twishakamo Ibisubizo Ku Bibazo By’Ubuvuzi – Jeannette Kagame 

Kigali: Umusore Yishe Mugenzi We Amuziza Umukobwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Impamvu Zitera Polisi Y’u Rwanda Kudatesha Agaciro Abaturage Ishinzwe

Hari Kwigwa Uko Amakipe Yajya Akinira Mu Amahoro Stadium ‘Ku Giciro Kimwe’

Putin Yasabwe Kujya Mu Nama Y’Amahoro Yashyizweho Na Trump

Perezida Trump Arashaka Manda Ya Gatatu Uko Byagenda Kose

FERWAFA Yamaganye Abafana Ba APR FC 

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Burundi: Haravugwa Guhangana Hagati Ya Ndayishimiye N’Umunyamabanga  Wa CNDD-FDD

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

‘Board Of Peace’ Ya Trump Ni Iki?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Chameleone FM: Radiyo Chameleone Agiye Gutangiza i Bujumbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

40.1% By’Abatuye Kigali Batuye Mu Kajagari- Meya Dusengiyumva

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?