Ntibitura Yagizwe Guverineri W’Intara Y’Uburengerazuba

Staff Write
0 Min Read

Jean Bosco Ntibitura yagizwe Guverineri W’Intara Y’Uburengerazuba asimbuye Lambert Dushimimana nawe wagiyeho muri Nzeri, 2023 asimbuye Francois Habitegeko.

Hagati aho kandi Kibiliga Anicet wayoboraga Akarere ka Rusizi n’abandi bayoboranaga beguye.

Intara Y’Uburengerazuba imaze iminsi ivugwamo ingengabitekerezo ya Jenoside, yagaragaye cyane mu Karere ka Karongi n’aho abayobozi b’aka Karere nabo bareguye.

Ntiharamenyekana niba ibyateye abo muri Karongi kwegura ari nabyo byateye ab’i Rusizi kubikora…

Share This Article
Leave a Comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *