RIB Yerekanye Abayobozi Ba Rwanda FDA Bafunzwe

Umwanditsi wa Taarifa
1 Min Read

Ubugenzacyaha na Polisi y’u Rwanda berekanye abayobozi ba Rwanda FDA barimo na Prof. Bienvenu Emile bafunzwe bazira uruhare bakekwaho mu by’inzoga z’inkorano.

Yari kumwe n’abandi 18 batandukanye barimo n’abo muri RSB.

Abo muri Rwanda FDA ni 10.

Kubera ibyo gukora inzoga zitujuje ubuziranenge bimaze gutuma hafungwa abarenga 100.

Umuvugizi wa RIB avuga ko mu bandi bafunzwe harimo naba Gitifu b’imirenge harimo naba SEDO b’utugari.

Inkuru urambuye iri gutunganywa…

Share This Article
Leave a Comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *