Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ababyeyi B’i Musanze Bakurikiranyweho Kwica Umwana WABO
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

Ababyeyi B’i Musanze Bakurikiranyweho Kwica Umwana WABO

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 January 2024 7:36 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Karere ka Musanze mu Murenge wa Gataraga mu Kagari ka Rungu haravugwa inkuru y’ababyeyi  bakurikiranyweho gukubita umwana wabo agapfa. Bivugwa ko bamukubise bamuziza guta Frw 10,000.

Rwagati mu Cyumweru gishize, nibwo byatangoiye guhwihwiswa hari ku wa Gatatu taliki 29, Mutarama, 2024.

Icyo gihe ababyeyi b’uwo mwana bamusanze ku ishuri bavuga ko yabibye.

Umwana akibona ko batungutse, yahise yiruka, arabahunga gusa Se amwirukaho aramufata amujyana mu rugo, atangira kumukubita afatanyije na Nyina.

Kare mu gitondo bucyeye bw’aho abo babyeyi bazindutse bakoma akaruru batabaza ngo umwana wabo ‘yapfuye’ kandi ntibazi icyamwishe.

Polisi yahise ibata muri yombi ibashyikiriza Sitasiyo ya RIB ya Busogo mu gihe iperereza rigikomeje.

Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyaruguru, SP Jean Bosco Mwiseneza yabwiye bagenzi bacu ba UMUSEKE bakorera i Musanze ko abo babyeyi bombi bafunzwe bakurikiranyweho gukubita umwana wabo bikamuviramo urupfu.

Ati: “Nibyo koko abo babyeyi barafunzwe bari gukorwaho ipereraza k’urupfu rw’umwana wabo kuko bikekwa ko aribo bamukubise bikamuviramo urupfu.”

Se w’uwo mwana afite imyaka 28 y’amavuko, Nyina akagira  imyaka 27 y’amavuko.

TAGGED:GukubitaMusanzePolisiUmwanaUrupfu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Tshisekedi Yakiriye Ndayishimiye Amwizeza Kumuba Hafi
Next Article Papa Arasaba Ko Ababikira 6 Bashimutiwe Muri Haïti Barekurwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaUbutabera

Ruhango: Abasaza Babiri Bagiye Kwiba Umwe Arahagwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?