Abafatanyabikorwa Ba Faysal Beretswe Uko Ibitaro Bigiye Kwagurwa

Abafatangabikorwa b’ibitaro bya Faysal bakoreshejwe inama berekwa igishushanyo mbonera cy’uko bizagurwa.

Nibyuzura bizaba byikubye kane mu buso byari bisanganywe ndetse no mu bushobozi.

Biteganyijwe ko imirimo nyirizina yo kubivugurura izatangira mu Ugushyingo, 2024 ikazarangira bitarenze imyaka itatu cyangwa ine iri imbere.

Intego ni uko ibi bitaro biba ikitegererezo mu Karere u Rwanda ruherereyemo.

- Advertisement -

Mu ntego nkuru z’u Rwanda mu rwego rw’ubuzima harimo ko ruzaba ahantu hakorerwa ubukerarugendo mu rwego rw’ubuzima, abantu bakivuriza mu Rwanda aho kujya imahanga.

Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version